Mizero Ncuti Gatwa yahawe igihembo mu byatanzwe bya ‘GQ Men of the Year 2023’ byatangiwe mu Bwongereza bihabwa ibyamamare mu nzego zitandukanye z’imyidagaduro. Taliki 15, Ugushyingo, 2023 nibwo yagihe...
Ubuyobozi bw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ryasabye abayoboke baryo n’Abarundi muri rusange ko bagomba kwitegura kuza kwakirana ubwuzu Madamu Angeline Ndayishimiye Umufasha wa Perezida w’Uburun...
Abahanzi nyarwanda muri rusange bishimiye ko umusaza Abdul Makanyaga yavuye mu bitaro. Jane Uwimana uri mu bamubaye hafi yabwiye Taarifa ko bateganya kuzakoresha igitaramo cyo kwishimira imyaka 50 Mak...
Abahagarariye u Rwanda mu imurikagurisha riri kubera i Dubai baraye bahawe igihembo cya Zahabu. Ni igihembo u Rwanda rwatsindiye mu cyiciro cy’igihugu gitanga amahirwe mu ishoramari kitwa Opportunity ...
Croix Rouge y’u Rwanda yashimiwe umusanzu ikomeje gutanga mu guhindura ubuzima bw’abaturage, binyuze mu kugoboka abahuye n’ibiza no gufasha mu zindi gahunda zitandukanye za Leta. Ku wa Gatanu nibwo Cr...




