Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwasabiye igihano cy’urupfu Joseph Kabila wayoboye icyo gihugu imyaka 18 kubera ibyaha birimo no kugambanira igihugu bumushinja. Ab...
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwagumishijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyari cyarakatiwe Kazungu Denis wari uherutse kujuririra igihano cya burundu yahawe. Uyu musore yari yarahamijwe ibyaha 10 biri...
Urukiko muri Tanzania rwanzuye ko Umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta witwa Tundu Lissu ahamwa n’icyaha cyo kugambanira igihugu, icyaha gihanishwa urupfu. Ibi bivuzwe mu gihe mu gihugu cye hate...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana uyobora Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu avuga ko muri Werur...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwakatiye CG(Rtd) Emmanuel Gasana gufungwa imyaka itatu n’amezi atatu n’ihazabu ya miliyoni Frw 36. Akatiwe atyo nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukoresha nabi ububasha ...
Muri Vietnam habereye urubanza rwa mbere rutangaje cyane rwabayeho mu mateka y’imikorere ya Banki aho ari ho hose ku isi. Mu cyumba kinini cy’urukiko cyo mu mujyi wa Ho Chi Minh City habereye is...
Ababyeyi bo mu Murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke barakekwaho kuboha umwana wabo w’imyaka 12 bakamuta mu bwiherero. Ku bw’amahirwe, abaturanyi bamukuyemo ari muzima. Umugabo yahise aburirwa ir...
Uyu musaza w’imyaka 74 y’amavuko yasabiwe gufungwa burundu kubera ibyaha ubushinjacyaha bumurega birimo uruhare rutaziguye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu kigo cya ISAR Rubona yayoboraga. Ubushinja...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeje ko igihano cy’urupfu ku bakora ibyaha bikomeye birimo ubugambanyi no guhungabanya umutekano w’igihugu gisubizwaho. Inama y’Abaminisitiri y...
Inama y’Abaminisitiri muri Zimbwabwe yanzuye ko igihano cy’urupfu gukurwa mu bindi bigenwa n’amategeko y’iki gihugu. Ni umwanzuro wafashwe nyuma y’igihe kirekire hari impaka mu Nteko ishinga amategeko...









