Constant Mutamba wigeze kuba Minisitiri w’ubutabera yasabiwe n’Ubushinjacyaha gukatirwa igihano cyo gukora imirimo nsimburagifungo mu gihe cy’imyaka 10. Bwasabye kandi ko narangiza i...
Ishimwe Dieudonnée wamamaye ku izina rya Prince Kid yafatiwe muri Amerika nyuma y’uko yari yarahunze ubutabera nyuma yo guhamwa ibyaha n’inkiko zo mu Rwanda. Ibyo yari yarahamijwe ni uguko...
Urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rwanzuye ko CG(Rtd) Emmanuel Gasana afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Hari mu isomwa ry’urubanza Emmanuel Gasana aregwamo gukoresha ububasha ahabwa n...
Umusore w’imyaka 22 wo mu Mudugudu wa Ngororero, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Ngorerero aherutse gusanganwa mudasobwa yakoreragaho ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo cy’undi muntu. Hari ahagana sa...
Ubutabera bw’Ubushinwa bwategetse ko John Leung usanzwe ari Umunyamerika ariko akaba aba muroi Hong Kong afungwa igihe kingana n’imyaka asigaje kubaho nyuma yo kumuhamya ibyaha by’ubutasi yakorereaga ...
Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga muri Afurika y’Epfo rwakatiye Jacob Zuma wigeze kuyobora Afurika y’epfo igifungo cy’amezi 15. Umucamanza mukuru wungirije warwo witwa Sisi Khampepe niwe waruk...
Kuri uyu wa Kane Tariki 17, Kamena ubushinjacyaha bwasabiye Paul Rusesabagina igihano cyo gufungwa burundu nyuma y’igihe uyu mugabo aburanishwa n’Urukiko rukuru aregwa ibyaha bifitanye isano no gushin...






