Joseph Mayanja uzwi nka Dr Jose Chameleone arembeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera kurwara igifu. Muri iyi minsi yagiye kuvurirwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Mu minsi yatambutse abagan...
Kubana n’umunywi w’itabi byongerera utarinywa ibyago bingana na 51% byo kurwara cancer yo mu kanwa. Icyari gisanzwe kizwi ni uko byateraga cancer y’ibihaha utarinwa. N’ubwo umuntu ubana n’utarinywa na...

