Mu bihugu bibiri amaze gusura ari kumwe n’abashoramari bo mu bihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo yasinye amasezerano 25 afatika agamije ishoramari. Ibyo bihugu ni Rwanda na Gabon. Ariya ma...
Afatanyije na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda mu Rwanda Beatha Habyarimana, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo yasabye abikorera mu biri u...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Nyakanga, 2022 Perezida Paul Kagame mu Biro bye yakiriye Abakuru b’Inteko z’Ibihugu bikoresha Igifaransa bamaze iminsi mu Rwanda mu Nama yabahuje. Ni Inteko ya 47 y’Um...
Raporo yiswe La Langue Française Dans Le Monde, Synthèse 2022 itangaza ko 65% by’Abanyarwanda bize Igifaransa ariko abakizi neza bangana na 38%. Iriya raporo yavuze ko Abanyarwanda bize Igifaransa( b...
Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha igifaransa (OIF) uyoborwa n’Umunyarwandakazi, Louise Mushikiwabo wohereje mu Rwanda abandi barimu 45 baje guhugura Abanyarwanda mu Gifaransa. Aba barimu bazi...
Umunyamabanga mukuru wa Francophonie Louise Mushikiwabo avuga ko muri Politiki ze zo guteza imbere Igifaransa, atagamije kukigira icya mbere cyangwa icya nyuma mu ndimi zikomeye ku isi, ahubwo ko ahar...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga ukoresha Igifaransa, OIF, Madamu Louise Mushikiwabo yitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 52 uyu muryango umaze ushinzwe. Ni ibirori byaber...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rwifatanyije n’ibihugu bivuga Igifaransa mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 52 Umuryango ubihuza umaze ushinzwe. Ni Umuryango bise Organi...
Mu Rwanda Hagiye Guteranira Inama Ya 12 Y’Abakuru B’Inteko Zishinga Amategeko Mu Bihugu Bivuga Igifaransa. Kuri uyu wa Kabiri tariki 25, Gicurasi, 2021 mu Ngoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda h...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa, OIF, Madamu Louise Mushikiwabo yaciye kuri Ambasade ya Tchad i Paris asinya mu gitabo kirimo amagambo yo gusezera kuri Maréchal Idriss Deb...









