Itangazo ry’ikigo RURA ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 10, Gashyantare, 2025 rivuga ko litiro ya lisansi igiye kumara amezi atatu igura Frw 1,633 naho iya Mazutu ikagura Frw 1,647. Litiro ya Lisans...
Abaturage bo mu Karere ka Rusizi cyane cyane abahahira mu isoko ry’i Gihundwe bavuga ko kugura ihene yo kubaga ku bunani ari undi mushinga uhenze kuko hari izigura Frw 160,000. Icyashara cy’abaguzi b...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro ku masoko mu Ugushyingo 2024 byazamutse ku kigero cya 5% ugeraranyije n’uko byari bimeze mu Ugushyingo 2023. Mu kwezi kwaban...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore yatangaje ko amafaranga Guverinoma yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu mu rwego rwa ‘Nkunganire’ yavanyweho. Ni icyemezo cyari ...
Ushingiye ku giciro cyashyizweho na RURA, uhita ubona ko litiro ya essence yagabanutseho Frw 3 kuko yari isanzwe igura Frw 1,639, ariko guhera taliki 12, Gashyantare, 2024 izagura 1,637 mu gihe mazout...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi Rwanda Transport Development Agency, RTDA, cyatangarije kuri X ko imirimo yo kubaka imihanda ihuza ibice by’Intara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga n’iby’Intara y...
Abacuruzi n’abaguzi b’ibirayi hirya no hino mu Mujyi wa Kigali bavuga ko ibiciro by’ibirayi ku isoko byagabanutse ugereranyije no mu bihe byahise. Basanga byatewe n’uko muri iki gihe ibirayi byeze mu ...
Abatuye Umurenge wa Muko mu Karere ka Musanze bavuga ko hari bagenzi babo b’abahinzi bari baratabiye ibijumba mu kabande bataka igihombo kubera ko ubuyobozi bw’uyu murenge buherutse kubasaba kuyirandu...
Mu gihe ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa hafi ya byose byazamutse mu giciro, amata niyo yari akiboneka ku giciro umuntu yakwita ko kiringaniye. Icyakora muri iki gihe abatuye Umujyi wa Kigali barataka ...
Ikigo ngenzuramikorere gukurikirana imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere taliki 04, Mata, 2022 igiciro cya Mazutu ari Frw 1,368 kuri litiro mu gihe...









