Mu Karere ka Musanze haherutse kubera umwiherero w’ubuyobozi bw’Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino w’amagare, FERWACY. Umuyobozi waryo Murenzi Abdallah yabwiye Taarifa ko uriya mwiherero wari ugamije k...
Ubuzima bwa Nyiri ubutungane Papa Francis buri kuba bubi. Nyuma yo koherezwa mu bitaro ngo akorerwe isuzuma, amakuru aravuga ko abaganga basanze ari ngombwa ko abagwa amara. Sky News yanditse ko kumub...
Abasiganwa mu kuzenguruka u Rwanda ku ikubitiro barahaguruka i Nyarutarama ahitwa Golf berekeze in Rwamagana. Barakora intera ya Kilometero 115,6. Barahaguruka saa yine. Tour du Rwanda ya 2023 izaki...
Umukinnyi w’umukino w’igare watwaye etape ya Tour du Rwanda y’ubushize Moïse Mugisha yavuze ko kuba mu isiganwa rizatangira kuri iki Cyyumweru taliki 19, Gashyantare, 2023 azahatana na Chris Froome um...
Mu Mujyi wa Kigali kuri iki Cyumweru Taliki ya 29 Mutarama, 2023 habereye isiganwa ku magare mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari wizihizwa buri taliki 01, Gashyantare. Ku ruhande rw’abagabo, Tuyi...
Umuteramakofe wacyuye igihe witwa Mike Tyson wigeze kuba uwa mbere ku isi mu gihe kirekire, asigaye agendera mu igare rifasha abafite ubumuga kandi ntagishobora kuvuga neza. Yarwaye indwara idakunze ...
Abatwara amagare bakora ingendo ndende cyane cyane ahantu hazamuka bajya agaragara bafashe ku ikamyo kugira ngo ibatize umurindi bashobore kwihuta. Kubera ko biteza impanuka, Polisi ivuga ko igiye kij...
Perezida wa Federasiyo Nyarwanda y’umukino w’amagare Abdallah Murenzi yabwiye Taarifa ko mu byo ateganya kuzakora muri manda nshya yaraye atorewe harimo no guteza imbere gutwarira igare mu misozi ihan...
Mu Busuwisi hasohotse igare ryakorewe abafite ubumuga rizamuka zikanamanuka amadarajya( escaliers). Baryise Scowo Bro, rikaba rigura ama Euro 35,000. Rikozwe k’uburyo iyo rigeze ahantu hari amadarajy...
Imbangukiragutabara yo ku Bitaro bya Mibirizi yagonze umunyegari wari uhetse amata amanuka mu Mudugudu wa Kadasaoma mu Kagari ka Kamashangi, mu Murenge wa Kamembe, i Rusizi ahita apfa. Iyi modoka yari...









