Imvura imaze iminsi igwa mu bice byinshi by’u Rwanda ishobora gutuma hari abahinzi bahita batangira gutera ibihingwa bigufi nk’ibishyimbo, ikintu gishobora gutuma bazarumbya. Minisiteri y&...
Hashingiwe ku bikubiye mu masezerano yaraye asinywe hagati y’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, Ikigo gifasha abahinzi kitwa One Acre-Fund Tubura n’Ihuri...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Musafili Ildephonse yasohoye amabwiriza agenga nkunganire y’ifumbire izatangwa mu gihembwe cy’ihinga cya 2025 A. Ni amabwiriza ashingiye ku itegeko N° 30/2012 ryo ...
Uyu musaza ufite ipeti rya Captain(Rtd) avuga ko ubuyobozi bw’Umurenge w’aho atuye yimwe ifumbire ngo abyaze umusaruro isambu yahawe na Perezida Kagame nyuma y’uko yari yamusabye ink...
Bamwe mu batuye Umurenge wa Cyanika mu Karere ka Burera babwiye Taarifa ko nyuma yo guhugurwa n’abayobozi mu nzego zitandukanye, baretse gufumbiza ifumbire y’umusarane w’abantu. Ni ifumbure bavuga ko ...
Bashingiye ku mwanzuro wo mu yindi yafashwe mu Nama y’igihugu y’Umushyikirano ya 18 yabaye mu mwaka wa 2023, abahinzi bashima ko hashyizwe umuhati mu kuzamura umusaruro, bikagaragarira no ku musaruro ...
Ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda n’ikigo cyo muri Maroc, Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prof Jean Chyrsostome Ngabitsinze yatashye uruganda rukora ifumbire ingana na toni 100,000 ku mwaka. Rwubatswe...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki 16, Kamena, 2023 hari itsinda y’Abakuru ba bimwe mu bihugu by’Afurika cyangwa intumwa riri buhure na Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky. Kuri uyu wa Gatandatu zizakomere...
Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza avuga ko burya iyo Imana ihaye umuntu ubuyobozi, hari icyo iba imutegerejeho. Ngo nta kindi kitari kuzana impinduka mu bo imuhaye kuyobora. Yabivugiye mu iseng...
Hazaba ari ku wa Mbere Taliki 25, Nzeri, 2022 ubwo abayobozi b’ibihugu byo mu Muryango w’Abibumbye bigera ku 193 bazahurira i New York ngo basuzumire hamwe aho bageze bashyira mu bikorwa intego zo kur...









