Leta y’u Rwanda itangaza ko mu rwego rwo gufasha ababyeyi kugabanya ibituma abana babo bagwingira, hagiye gutangira gahunda yo guha abana ifu y’ifi izaminjirwa mu ifunguro. Ni ubundi buryo bw’inyungan...
Kugira ngo umubiri w’umuntu uba wubatse ukenera ibiwubaka bita proteins. Kugira umubiri wubatse, ubyibushye…biterwa n’ibyo wariye kandi n’Abanyarwanda baciye umugani ngo ‘ikirima ni ikiri mu nda’ ndet...

