Bwana Albert Pahimi Padacké wari usanzwe ari Minisitiri w’Intebe muri Guverinoma ya Perezida Idriss Deby Itno yongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora Guverinoma y’inzibacyuho. Yashyizweho na Gen Maha...
Ku wa Mbere tariki 20, Mata, 2021 nibwo muri Tchad, Afurika n’isi muri rusange abantu batangajwe kandi bababazwa n’urupfu rwa Idriss Deby Itno wari umaze imyaka 30 ayobora Tchad. Itariki yatangajweho ...
Nibwo bwa mbere guhera muri 2013 ubwo Boko Haram yatangiraga guteza umutekano muke, ivuzweho gukorana n’undi mutwe ngo bahirike ubutegetsi bw’i N’Djamena. Abarwanyi b’uyu mutwe baravugwaho gutan...
Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari na mugenzi we Tchad Idriss Deby Itno baraye bumvikanye ko bagiye guhuza imbaraga ikiyaga cya Tchad kikongera kubona amazi kuko kuba cyarumagaye, byateye abantu mil...



