Itorero ry’idini ry’abasengera Kiliziya ya Pentekoti mu Rwanda ryitwa Rwanda Pentecostal Assemblies riherutse gutaha inyubako izahugura abashumba. Ni inyubako ebyiri zizafasha abo muri iki kigo basanz...
Umuyobozi w’Abangilikani ku rwego rw’Isi, Umwongereza witwa Archibishop of Canterburg Justin Portal Welby yandikiye ibaruwa uhagarariye Abangilikani bo muri Uganda amubwira ko bagomba guhaguruka bak...
Ubuyobozi bwa Kaminuza yitwa Samford University ikorera muri Leta ya Alabama, USA, yasinye amasezerano y’imikoranire n’ishuri rikuru rya Gikirisitu riyoborwa na Rev.Dr. Laurent Mbanda ryitwa East Afr...
Ni ubwo bwa mbere mu myaka irenga 100 Abahinde bageze mu Rwanda, bubatse ingoro y’idini ry’abo ry’Abahindu. Ni ingoro yubatswe mu Karere ka Kicukiro ahitwa i Nyanza hafi y’ahari gare ya Nyanza uzamuk...
Abahinde baba mu Rwanda baraye batashye ingoro ya mbere izasengerwamo na bagenzi babo bo mu idini gakondo ry’Abahindu. N’ubwo idini ry’Abahindu ari ryo gakondo kandi riniganje mu Buhinde, habayo n’an...




