Abantu batahise bamenyekana bategeye umuntu inyuma y’Ibiro by’Akarere ka Kamonyi bamukubita icyuma mu mutwe agwa kwa muganga. Byaraye bibereye mu Mudugudu wa Ryabitana, Akagari ka Gihinga,...
Mu Bwongereza haravugwa inkuru n’ubu igiteje abantu ubwoba y’umwana w’Umunyarwanda w’imyaka 17 uherutse kwicisha bagenzi be batatu icyuma. Igishya cyamenyekanye ni uko yari asanganywe indwara bita aut...
Uwo mugore w’imyaka 34 y’amavuko yitwaga Niyokwiringirwa Sifa akaba yari atuye mu Mudugudu wa Gabiro, Akagari ka Buhaza, Umurenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu. Abo bazukuru ba Shitani bamuteye icyum...
Ibi ni ibyemezwa na bamwe mu baturage bajya kwivuriza muri ibi bitaro byo mu Ntara y’Amajyepfo. Bavuga ko kuba hari serivisi ibi bitaro bitagitanga, bibabangamiye kuko bituma bajya gushaka ahandi kure...
Umujura utamenyekanye yateye umukobwa icyuma mu nda no mu ijosi. Amakuru avuga ko uwo mujura yari yaje kare arihisha ashaka ko baza kumufungiranira mu nzu akabiba. Mu buryo butunguranye uwo mukobwa w’...
Umugore wo mu Murenge wa Busasamana yateye umugabo we icyuma ndetse agitera n’umugore yasanze baryamanye. Byabereye mu mudugudu wa Karukoranya B, mu Kagari ka Kavumu mu Murenge wa Busasamana mu Karere...
Umugabo udatangazwa amazina yatawe muri yombi na Polisi y’u Bufaransa nyuma yo gukomeretsa abantu batandatu abateye icyuma. Yakibateye abatunguye abasanze muri gare y’ahitwa Gare du Nord aho bari bate...
Saa mbiri z’ijoro nibwo umusore witwa Eric Murenzi wari uvuye gupagasa yahuriye n’umugizi wa nabi mu gishanga kiri ahitwa KAJEKE( kigabanya Nyakabanda na Kabeza) mu Karere ka Kicukiro amutera icyuma m...
Mu Murenge wa Gashenyi, Akagari ka Nyacyina mu Karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’umugabo bakundaga kwita Mupfumu uvugwaho kwica umugore babanaga mu budakurikije amategeko amuteye icyuma. Ubuyobozi ...
Eliezer w’imyaka 34 y’amavuko uherutse kwica ababyeyi be abateye icyuma yaraye afashwe. Ubuyobozi nibwo bw’Umurenge wa Kanjongo aho ayo mahano yabereye nibwo bwaraye bubibwiye itangazamakuru. Mushiki...









