Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama irebera hamwe uko Afurika yafashwa kugira inganda zikora inkingo, Perezida Paul Kagame yavuze ko muri iki gihe ari ngombwa gufasha uyu mugabane kugira inganda ...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zanze ko uburyo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzuma, OMS/WHO, ryari risanzwe ribonamo amafaranga yo gukoresha buhinduka. Hari ibihugu byinshi bisaba ko hashingw...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS/WHO, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, yaraye abwiye abatuye Isi ko umwaka wa 2022 uzata intangiriro zo gucika ku isi kw’icyorezo COVID-...
Abavuye Hanze Binjira Mu Rwanda Bazajya Bishyura Frw 30000 Yo Kwipimisha COVID Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yatangaje ko abantu bazava hanze baje mu Rwanda bazajya bapimwa COVID -19 bi...
Mu gihe gito kiri imbere Inama y’Igihugu y’Umushyikirano irongera isubukurwa nk’uko amakuru dufite abivuga. Uzaba ari Umushyikirano wa 18, uyu ukaba ari wo ugiye kuba kuva Icyorezo COVID-19 cyaduka m...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye yitabiriye Inama mpuzamahanga yiga uko ibintu byasubira mu buryo mu rwego rw’ubukungu nyuma ya COVID-19. Yabwiye bagenzi be ko icyangombwa ari ubufatanye...
Abakora mu nzego z’ubuzima muri Guinea baratangaza ko hari umuntu wahitanywe n’indwara iterwa na Virusi yitwa Marburg kandi ngo iyi ndwara nidakumirwa hakiri kare ishobora kuzaba icyorezo kimwe na Ebo...
Mu gihe hasigaye igihe gito ngo ‘gahunda ya Guma mu Rugo ya gatatu irangire’, kuri uyu wa Gatanu no ku wa Gatandatu( hagati y’itariki ya 23 na 24, Nyakanga, 2021), abaturage barafatwa ibipimo bya COVI...
Kubera ko ingamba zo kwirinda icyorezo COVID-19 muri iki gihe zisaba abacuruzi n’abandi gufunga serivisi saa kumi n’imwe z’umugoroba, abacuruzi by’umwihariko bagomba kuba maso kuko hari abiyitirira Po...
Taarifa yabajije Dr Aimable Mbituyumuremyi ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Malaria mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima aho ubwandu bwayo buhagaze mu Rwanda avuga ko Malaria igihari kandi ifata benshi. Avuga ...









