Kuba isuzuma ryakozwe na Minisiteri y’Uburezi ryarasanze abigisha mu mashuri yisumbuye bangana na 45% gusa ari bo bafite ubumenyi ‘buhagije mu Cyongereza’ ni ikindi kintu kibangamiye ireme ry’uburezi...
Abadepite ba Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco, Siporo n’Urubyiruko basanga mu mashuri abanza na za Kaminuza bakoresha Icyongereza cyo ku rwego rwo hasi cyane. Babivuze nyuma yo gusesengura is...
Rubinyujije muri Ambasade yarwo i Harare, u Rwanda ruherutse guha Zimbabwe toni 1,000 z’ibigori ngo igaburire abaturage bayo bagizweho ingaruka n’ikiza cyatewe n’imihindagurikire y’ikirere kitwa El Ni...
Mu Rwanda hari kubera inama yahuje abashoramari bo mu Rwanda na bagenzi babo bo muri Zimbabwe ngo barebere hamwe uko ubucuruzi hagati ya Kigali na Harare bwakongerwamo imbaraga. Ni Inama yiswe Rwanda-...
Federasiyo y’umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko ishaka ko abantu bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa baza guhugurirwa kuba abatoza b’amakipe akina uyu mukino. Bukubiye mu itangazo iyo F...
Inteko y’igihugu y’Ururimi n’Umuco itangaza ko Abanyarwanda b’i Kigali iyo bahuriye hamwe( mu nama cyane cyane) Icyongereza ari rwo rurimi bakoreshwa cyane. Kihariye 42.6%, nyuma hagakurikiraho ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi, REB, kivuga ko u Rwanda rufite gahunda ndende yo kugira abarimu bazi neza Icyongereza bikazarugabanyiza kuzana abarimu nk’abo bavuye imahanga. Nk’ubu hari aba...
Umudepite uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Uburasirazuba yahagurutse avuga ko agiye kugitanga igitekerezo cye mu Giswayili. N...
Louise Mushikiwabo yatanze raporo ya Paje 48 ikubiyemo ibyo yakoze muri manda ye ya mbere yaraye arangije ndetse agatorerwa n’indi y’imyaka ine. Yatangiye kuyobora Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifar...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho mu Rwanda kitwa MTN Group cyemeye kuzatanga $ 230,000 azakoreshwa mu itegurwa ry’imwe mu Nama zizakorwa mu gihe cya CHOGM ariko yo ikaziga cyane cyane ku ishoramari....









