Abatabazi bo muri Ireland baherutse kuvumbura icyobo kirimo imibiri ishobora kurenga 800 y’abana bakijugunywemo. Bayisanze ahahoze ikigo cy’Ababikira cyabagamo n’abagore bagize ibyago byo kudashaka. C...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi buvuga ko hari umugore bwataye muri yombi bumukurikiranyeho guta uruhinja rwe mu cyobo gitwara amazi. Ku mpamvu turataramenya, biravugwa ko uwo mug...
Mu Murenge wa Shingiro, Akarere ka Musanze hafatiwe umugore n’umuhungu we bari gucukura icyobo ngo batemo umwana bikekwa ko ari uwo bari bamaze kwica. Ababyeyi b’uwo mwana bivugwa ko yishwe n’abo bant...
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko ibyo gushakisha imibiri itandatu y’abantu baguye mu kirombe kiri mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye bihagarara. Hashize iminsi 16, Guverinoma ishakisha abo bantu ba...
Guverinoma ya Kenya yavuze ko ibaye ihagaritse ibyo gucukura imibiri yatawe mu cyobo kirekire kiri mu ishyamba ryitwa Shakahola kiri muri Kilifi. Impamvu ni uko imvura ari nyinshi bityo abacukuzi nabo...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 08, Gashyantare, 2023 mu Mudugudu wa Biryogo, Akagari ka Cyimo mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro umwana w’imyaka icyenda(9) yakuwe mu mwobo abawubonye bavuga ko ureshya na m...
Kuva imirimo yo gucukura icyobo cyatawemo Abatutsi muri Jenoside yakorewe Abatutsi yatangira mu Karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiziguro, hataburuwe imibiri 5000. Ubu iri guterwa imiti mbere y’uko yoz...






