Mu gihe 70% by’Abanyarwanda bakora ubuhinzi, kandi bukagira uruhare rungana na 31% mu musaruro mbumbe w’igihugu, Leta ivuga ko urubyiruko rusa n’urwahariye ubuhinzi abantu bakuru. Kuba abasore n’inkum...
Ubwo yatangiza imurikagurisha nyafurika ry’umusaruro w’ikawa n’icyayi, Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Geraldine Mukeshimana yavuze ko umusaruro w’ikawa n’icyayi wagize uruhare runini mu musaruro...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko mu gihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2021/...
Ibi bigaragarira ku musaruro ababyeyi bafite abana barererwa mu irerero rya Jenda mu Karere ka Nyabihu baha ikigo Nyabihu Tea Company kubera ko kibarerera abana bo bagiye kugisarurira icyayi. Igiteker...
Abakorera uruganda rusoroma rukanatunganya icyayi ruri mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu ruzwi nka Pfunda bahagaritse by’agateganyo akazi basanzwe bakora muri uru ruganda. Umwe mu baturiy...
Ikigo kitwa Rwandafresh Band gitangaza ko kugeza mu mpera z’Icyumweru gishize( ni ukuvuga hagati y’italiki 23 na 29, Ugushingo, 2020) , u Rwanda rwohereje hanze toni 157 z’ikawa n’icyayi. ...





