Raporo ya buri Cyumweru yerekana ibihugu u Rwanda rwoherereje ibihingwa cyangwa ibikomoka ku matungo byinshi mu gihe kingana n’Icyumweru, yerekana ko kimwe mu bihugu rwoherereje amata ari Sudani y’Epf...
Umukuru w’igihugu Paul Kagame yageze mu Murenge wa Rugabano ahubatse uruganda rutunganya icyayi. Yarusuye aganira n’abayobozi barwo ndetse n’abahagarariye abahinga icyayi muri Rugabano mu Karere ka Ka...
Nyuma yo gusura no kuganira n’abatuye Akarere ka Nyamasheke, Perezida Kagame yakomereje urugendo mu Karere ka Karongi. Biteganyijwe ko ari busore imisozi ihinzwemo icyayi mu Murenge wa Rugabano. Muri ...
Ibi ni ibyemezwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi, NAEB. Iki kigo cyatangaje ko ku isoko mpuzamahanga ubu ikilo cy’ikawa y’u Rwanda kigeze ku ...
Imibare yerekana uko ikawa y’u Rwanda yagurishijwe mu mahanga mu Cyumweru cyarangiye kuri uyu wa 17, Nyakanga, 2022 yerekana ko u Burusiya buri mu bihugu bya mbere u Rwanda rwayigurishijemo. Si u Buru...
Abahinzi b’Icyayi bo mu Karere ka Nyaruguru bashima ko hari umushoramari wabafashije kubona uko bahinga icyayi ku butaka bavuga ko mbere bwabapfiraga ubusa. Mbere y’uko batangira kubuhingaho icyayi, b...
Ikigo gitanga serivisi z’imari, Airtel Money, cyatangije gahunda yo gukorana na SACCO zifasha abahinzi b’icyayi zo mu Rwanda kugira ngo abahinzi hamwe n’abazikoresha b’izo SACCO bash...
Imibare ngarukacyumweru y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi, NAEB, ivuga ko ibihugu bya mbere u Rwanda rwoherejemo imboga n’imbuto ndetse n’indabo mu minsi irindwi ishize...
Mu Kagari ka Bisesero, Umurenge wa mu Karere ka Karongi hatangijwe ubuhinzi bw’icyayi hagamijwe ko abahinzi bazabona amafaranga ku mwero wacyo. Abasanzwe bahatuye babwiye RBA ducyesha iyi nkuru ko n’...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibyoherezwa hanze bikomoka ku bihinzi n’ubworozi, National Agricultural Export Development Board (NAEB), gitangaza ko icyayi n’ikawa u Rwanda rwohereje hanze byarwinjirije U...









