Ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa Kane, umanuka mbere y’uko ugera ahari Icyanya cy’inganda cya Musanze, hari hari umutekano ‘udasanzwe’. Byaje kumenyekana ko burya...
Samia Suluhu Hassan uyobora Tanzania yatashye icyanya cy’inganda gifite agaciro ka Miliyoni $110, asaba abazagikoreramo kwimakaza ubuziranenge. Iki cyanya cyagutse kitwa East Africa Commercial and Log...
Ikigo cyitwa Star Wetland Center cyahembye ubuyobozi bw’ubusitani bwa Nyandungu kubera ubwiza n’akamaro bumariye ababusura n’abatuye Umujyi wa Kigali by’umwihariko. Bwahawe igihembo cy’uko...
Haile Marriam Dessalegn wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yakiriwe na Perezida Kagame. Ari mu Rwanda mu nama mpuzamahanga imaze iminsi mike ibera mu Rwanda igamije kwiga uko urusobe rw’ibiny...
Leta y’u Rwanda ifatanyije n’abo ikorana nabo kuri uyu wa 08, Kanama, 2022 izataha ku mugaragaro icyanya cya Nyandungu kizafasha abashaka kuruhuka mu mutwe no kwishimira ibidukikije. Cyatunganyijwe mu...
Mbere y’uko icyanya cya Nyandungu cyahariwe ubukerarugendo gifungurwa ku mugaragaro, inyamaswa z’amoko atandukanye harimo n’ay’inyoni zarangije kuhatura. Ni icyanya kiswe Nyandungu Urban Wetland Eco-T...





