Prosper Mulindwa uyobora Akarere ka Rubavu yabwiye itangazamakuru ko kuva abaye umuyobozi ari ubwa mbere abonye aho umuntu yifata agatema insina za mugenzi we akazararika! Yasubizaga ko kibazo cy’umus...
Kuwa Mbere taliki 16, Ukwakira, 2023 nibwo Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Léodomir Ntibansekeye rumukurikiranyeho gutesha agaciro Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko imibare rwakusanyije ku birego rwahawe ku ngengabikerezo ya Jenoside n’ibyaha bifitanye isano nayo byakozwe mu minsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 29, rwasanze 10.7...
Murindababisha Edouard wigeze kugaragara mu mashusho asa nk’aho ari gusambana, yavuze ko ibyo yakorewe ari akagambane. N’ikimenyimenyi ni uko urukiko rwasanze ariya mashusho atari ukuri, ruramur...
Mu Karere ka Nyamagabe hari itsinda ry’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bakatiwe barangiza ibihano bihuje n’abayirokotse bayoboka icyo bise ‘Mvura Nkuvure’ kugira ngo baganire uko bafatanya kwitez...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis yanditse ibaruwa mu Gisipanyolo asobanura neza icyo yashakaga kuvuga ubwo yatangazaga ko abavuga ko ubutinganyi ari icyaha gikwiye guhanwa n’inkiko( crime) ...
Umushinjacyaha mukuru uyobora Urwego rwasigariyeho inkiko zashyiriweho guhana abakoze Jeniside yakorewe Abatutsi, Dr. Serge Brammertz yavuze ko n’ubwo abagiriye nabi abandi bakoze ibintu bibim ariko ...
Mu Karere ka Bugesera haravugwa inkuru y’abakozi batanu b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutanga ingufu, REG, batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha. Bane mu bafashwe banganya imyaka y’ama...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi umunyamakuru witwa Ruhumuriza ukorera kimwe mu binyamakuru bikorera mu Rwanda ‘akekwaho’ icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Uyu mugabo w’imyaka 4...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko ku bufatanye n’inzego z’umutekano rwafashe abantu batandatu barimo Nsengimana Theoneste nyiri Umubavu TV ikorera YouTube. Bakurikiranweho ibyaha by...









