Tariki 25, Kanama, 2025 niyo tariki yemejwe na REMA ko buri kinyabiziga cyo mu Rwanda kigomba gutangira kujya gusuzumisha ubuziranenge bw’ibyuka gisohora. Itangazo REMA yashyize kuri X rivuga ko ibiny...
Perezida Donald Trump n’abo bakorana barateganya gusohora amabwiriza abuza ibigo by’ubucuruzi n’inganda kwita ku masezerano mpuzamahanga abuza ibihugu kohereza mu kirere ibyuka bituma gishyuha. Bitega...
Mu buryo buca amarenga ko ari yo izaba politiki y’Amerika, Umuyobozi wa Leta ya Texas witwa August Pfluger yavuze ko Amerika ifite gahunda yo gukomeza gucukura gaze kuko yayifashije kugabanya ibyuka b...
Ubwo Polisi ya Congo yarasaga ibyuka biryana mu maso yirukana abaje kwigaragambya nk’uko yari yabitanzeho umuburo, abanyamakuru batatu bakomeretse bikomeye abandi barafatwa bajya guhatwa ibibazo. Aban...



