Ni inyamaswa idasanzwe haba mu miterere y’umubiri wayo no mu miterere y’ubudahangarwa bwawo. Uretse kuba ari inyoni iguruka, agacurama gafite isura y’imbwa. Iyi nyamaswa ivanze gusa n’imbwa kandi ik...
Umuhanga mu bukungu akaba na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente avuga ko kuba hari ibihugu byahoze bikennye nyuma bikaza gukira ari ikimenyetso ko n’ibikennye muri iki gihe bishobora ...
Perezida Paul Kagame yahagaritse Dr Nsanzimana Sabin wari umaze imyaka isaga ibiri ayobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho. Itangazo ryashyizweho u...
Mu nama yateguwe n’Umuryango mpuzamahanga w’ubucuruzi yabaye kuri uyu wa Mbere tariki 21, Kamena, havugiwemo ko u Rwanda, Senegal, Afurika y’Epfo na Nigeria ari byo bihugu by’Afurika bihabwa ama...
Abantu muri rusange bibwira ko ari bo bayobozi b’ibindi biremwa kandi ko bagomba kubikoresha uko bashaka mu nyungu zabo bwite. Ibi ariko siko bimeze kuko hari amabwiriza yatenzwe n’Umuryan...




