Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ugushyingo 2024, Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wemereye u Rwanda miliyoni Є 20 zo gukomeza guhangana n’inyeshyamba ...
Ku wa Mbere taliki 18, Ugushyingo, 2024 mu Murwa mukuru w’Ububiligi, Brussels, ahari icyicaro cy’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi hazabera inama yo kwemerera u Rwanda guhabwa Miliyoni € 20 yo gukoresha m...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zakoranye n’iki gihugu mu guhiga bukware ibyihebe bya Al Shabaab byari bimaze iminsi byihisha mu m...
Inzego z’umutekano za Burkina Faso zabohoje abagore 27 n’abana babo 39 bari barashimuswe n’ibyihebe bikekwa ko ari ibyo muri Islamic State, ishami ry’Afurika y’i Burengerazuba. Mu mpera z’Icyumweru gi...
Ingabo z’u Rwanda hamwe na Polisi yarwo baherutse kuvumbura ahantu hari hahishe intwaro nyinshi z’abarwanyi bo muri Mozambique. Bazivumbuye mu gace ka Mbau mu Majyepfo ashyira Uburasirazuba bwa Cabo D...
Nyuma y’uko kuri uyu wa Gatanu taliki 30, Nzeri, 2022 muri Burkina Faso hiriwe havuga amasasu abaturage ntibamenye ikiyihishe inyuma, byaje kumenyekana ko ari coup d’état yakozwe n’abasirikare bayobo...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Joe Biden yaraye yigambye igitero ingabo ze zagabye kuri Ayman Al Zawahiri wahoze ari uwa kabiri kuri Osama Bin Laden wari umuyobozi mukuru wa Al Qaida. Uyu naw...






