Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafashe abantu batatu ruvuga ko rwasanze bafite business yo gukora no kugurisha impapuro mpimbano. Bose ngo batangaga serivisi ku Irembo. Bafashwe tariki 04, Ugushyingo,...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha Dr. Thierry B. Murangira niwe waraye utanze iyi gasopo. Avuga ko abantu barengera bagakoresha ruriya rubuga nkoranyambaga kugira ngo babibe ingengabiteke...
Bamwe mu bantu bakuru bavuga ko urubyiruko rw’u Rwanda muri rusange rutumva inama ruhabwa n’ababyeyi, iyi ikaba imwe mu mpamvu zituma rwishora mu busambanyi, gukoresha ibiyobyabwenge n’indi myitwarire...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Juru mu Karere ka Bugesera bugambiriye kugabanya ibitera ibyaha mu baturage bityo abaturage bakabizibukira. Umunyamabanga nshingwabikorwa wawo Fred Rurangirwa yabwiye Taarifa ...
Abaturage bo mu kagari ka Kabumba, Umurenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu basuwe n’abagenzacyaha bakorera Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, basobanurirwa uko ibyaha bikorwa, uko byirindwa, uko...
Ni amakuru yatanzwe na bamwe mu bana biga mu Rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloys ruri i Rwamagana ubwo bari basuwe n’ubuyobozi bukuru bw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha,RIB. Ku wa Gatanu ...
Madamu Isabelle Kalihangabo, akaba ari Umuyobozi wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha yaganirije abanyeshuri bo muri Lycée de Kigali abagira inama zo kwirinda ibyaha birimo no kuba basambany...
Polisi y’u Rwanda irasaba abamotari kuzibukira ibikorwa bagaragaramo birimo gufasha abakora ibyaha babageza cyangwa babavana aho babikorera. Ibi Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (...
Nyuma y’uko mu Cyumweru gishize Madamu Adelini Rwigara atumijwe n’ubugenzacyaha ntiyitabe kuko kuko ngo yibukaga abe bazize Jenoside, uru rwego ruherutse kongera kumutumiza ariko nabwo ntiyagiye...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye yemereye abashakashatsi mu mateka y’umubano hagati y’igihugu cye na Algeria kugera ku nyandiko zivuga ibyo abasirikare b’u Bufaransa bakoreye Abanya...









