Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, narwo rwitabiriye Imurikagurisha mpuzamahanga ribaye ku nshuro ya 25. Umuvugizi warwo Dr. Thierry B.Murangira avuga ko kumurikira abaturage serivisi RIB itanga...
Mu Karere ka Bugesera hari umusore wafashwe na Polisi y’u Rwanda imusanganye Frw 96,000 bivugwa ko yari yibye Shebuja wo mu Kagari ka Nyamata, Umurenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera. N’aho mu Karer...
Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza n’Umunyamabanga mukuru wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Madamu Isabelle Kalihangabo bari i Cotonou muri Bénin mu nama y’abandi bayobozi b’i...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Akarere ka mbere kagaragaramo ibyaha birimo gusambanya abana no gukoresha ibiyobyabwenge ari Gasabo. Gasabo niko Karere konyine kari ku rutonde r...
Kubera ko bitakiri ngombwa cyane ko umuntu aba ari kumwe n’undi ngo babone kuganira kubera ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga, hari abantu bafite umutima mubi bashuka abandi bakashora mu byo amategeko ...
Minisitiri w’uburezi Dr Valentine Uwamariya yaburiye abanyeshuri biga mu Kigo kitiriwe Mutagatifu Ignace kiri i Kibagabaga ko ibyo bita ‘reka ngerageze’ bishobora kubakoraho kuko iyo ngo iyo ugerageje...
Ni ubwa mbere abantu 81 bakatiwe urwo gupfa baciwe rimwe muri Arabie Saoudite. Birashoboka ko nta n’ahandi biraba ku Isi. Televiziyo y’iki gihugu yatangaje ko bariya bantu bari abagizi ba nabi b...
Itangazo ryasohowe n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rivuga ko bidatinze, abakozi barwo bazajya bagaragara mu kazi bambaye impuzankano. Umuvugizi w’uru rwego mu kiganiro kihariye yahaye Taarifa yav...
Umuyobozi w’ishami rya Polisi rishinzwe imikoranire n’abaturage n’izindi nzego, Commissioner of Police (CP) Bruce Munyambo yasuye abagororerwa mu kigo cya Iwawa giherereye mu Karere ka Rutsiro, ...
Minisitiri w’Umutekano Alfred Gasana yagejeje ku badepite Umushinga w’ivugururwa ry’itegeko rigenga Polisi y’u Rwanda (RNP), uteganya ko izahabwa ububasha bwuzuye bw’ubugenzacyaha ku byaha bijya...









