Ubwo yakiraga indahiro z’abakora mu nzego nkuru z’ubutabera harimo n’Umunyamabanga wungirije wa RIB, Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda bose bareshya imbere y’amategeko. Ya...
N’ubwo atari bose, ariko muri rusange abayobozi mu nzego z’ibanze, cyane cyane abo mu cyaro, ntibarasobanukirwa neza uko raporo ku byaha bikorerwa aho bayobora zikorwa. Niyo mpamvu RIB iri kubibahugur...
Indege ya Perezida w’Uburusiya yaraye igeze i Beijing izanye Vladmir Putin ngo aganire na mugenzi we Xi Jinping iby’umubano w’ibihugu byabo byombi. Uyu mugabo akoze uru rugendo mu gihe yashyiriweho im...
RIB yatangarije ku rukuta rwayo rwa X ko yaraye ifunze umunyamakuru wigenga ( freelancer) Jean Paul Nkundineza imukurikiranyeho ibyaha birimo gutakana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha n...
Umunyamabanga Mukuru wa Polisi mpuzamahanga Jürgen Stock yifatanyije n’Inzego z’ubutabera n’umutekano mu Rwanda mu gikorwa cyo gufungura inzu ngari irimo ikoranabuhanga ry’icyitegererezo mu gutahura, ...
Abaturage bo mu Murenge wa Kiyombe mu Karere ka Nyagatare babwiwe ko ntawe ukwiye kubura ubutabera kubera ko imimerere ye itamwemerera kwitangira ikirego. Hari abafite inshingano zo kubatangira ibireg...
Abaturage b’Akarere ka Kayonza babwiye Urwego rw’ubugenzacyaha ko uretse abangiza ibidukikije, hari n’ibindi byaha bibugarije. Muri byo harimo amakimbirane mu ngo, guhohotera abana, gukubita no gukome...
Abagenzacyaha bari mu Murenge wa Matyazo mu Karere ka Ngororero mu bukangurambaga bwo kubwira abahatuye by’umwihariko n’abandi Banyarwanda muri rusange ibyerekeye ibyaha byo kwangiza ibidukikije. Kwan...
I Kigali mu Rwanda hari kubera inama yo kurebera hamwe uko ikoranabuhanga ryarindwa abagome barikoresha biba cyangwa bakora ibindi byaha. Ni inama yitabiriwe n’abantu 2500 baturutse hirya no hino ku i...
Umushinjacyaha witwa Bruce Afran yareze Perezida wa Uganda Yoweli Museveni n’umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha abashinja gukorera ibya mfura mbi abatavuga rumwe n’u...









