Ikigo cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika gishinzwe umurimo cyoherereje Repubulika ya Demukarasi ya Congo inyandiko iyimenyesha ko hari abana bakoreshwa mu bucukuzi bw’ibuye ry’agaciro rya Cobalt. Ir...
Ikigo gishinzwe Mine, Petelori na Gazi mu Rwanda cyatangaje ko kohereza hanze ibuye ry’agaciro rya beryllium bihagaritswe kuzageza igihe kizamenyeshwa abantu. Itangazo ry’iki kigo rivuga ko ihagarikwa...
Nusura ikirombe cy’amabuye y’agaciro ya Wolfram kiri ahitwa Gifurwe mu Murenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera, uzabaze umugabo witwa Jackson Harerimana uhakora, azagusobanurira iby’uko ibuye rya W...
Inzego z’Umudugudu wa Kigina, Akagari ka Marembo, Umurenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi, zivuga ko Kwizera Théoneste yatashye mu rugo saa mbiri zijoro(20h00) asanga bagiye kuryama, Se Ntigurir...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’ubucukuzi bwa mine na gazi, RMB, Amb.Yemima Karitanyi yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo gushaka ahantu hose haba hari ibuye rya lithium mu Karere ka Rwamagana. Ubu b...
U Rwanda rwungutse ahandi hantu hari ibuye ry’agaciro rya Lithium rigezweho mu nganda z’ikoranabuhanga mu gukora imodoka n’ibikoresho by’ikoranabuhanga. Ryabonetse mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa...
Abafata ibyemezo muri Niger batangaje ko guhera mu ntangiriro za Nzeri, 2023 igiciro cya Iranium idatunganyije icukurwa muri iki gihugu kizamutse. Cyavuye ku mafaranga y’ama CFA 4000 ku kilo (ni ukuvu...
Eric Dusabimana wo mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango yaguye kwa muganga azize ibuye yatewe umufana wa Rayon Sports witwa Anaclet Tuyishimire ubwo yari aje kumukiza ari kurwana na mugenzi we ufa...
Minisiteri ishinzwe gucukura amabuye y’agaciro muri Australia yaraye isohoye raporo yise Critical Minerals Strategy ivuga ko kimwe mu bihugu bibangamiye Australia mu icukurwa ry’ibuye rya Lithium ari...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yafunguye ku mugaragaro uruganda rwubatswe kandi ruzakorerwamo n’ibigo bitatu bizarutunganyirizamo amabuye y’agaciro y’ubwoko bune ari bwo Tin,...









