IBUKA yamaganye iyicwa rya Nyirangirinshuti Thérésie w’imyaka 67 wo mu karere ka Nyamasheke wishwe mu minsi ishize n’abantu batari bamenyekana kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru. Icyakora hari abafashwe...
Mu rwego rwo kwishyira hamwe hagamijwe kongera imbaraga no guhuza ibikorwa mu mikorere y’imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka 1994, imiryango AERG-GAERG-AHEZA na IBUKA yihuje iko...
Jeannine Urambariziki avuga ko ari Umunyarwandakazi wajyanywe mu Bufaransa mu mwaka wa 1991, ubu akaba afite imyaka 33. Muri video nshya yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga, Urambariziki avuga ko yakoze...
Umuryango IBUKA urengera inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi wasohoye ibaruwa ndende usaba Leta zunze ubumwe z’Amerika binyuze ku Munyamabanga wayo ushinzwe ububanyi m’amahanga...
Ikinyamakuru Echo d’Afrique cyatangaje ko Me Stanislas Mbonampeka w’imyaka 82 wabaye Minisitiri w’ubutabera muri Leta yateguye ikanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yafati...
Dr. Philbert Gakwenzire uyobora IBUKA avuga ko inkunga yahawe Abatutsi barokotse Jenoside ziri amoko abiri ariko ikomeye kurusha izindi ari uguhabwa uburenganzira mu gihugu cyabo. Avuga ko ubwo buryo ...
Amakuru tugikusanya aravuga ko hari imibiri myinshi yabonetse aho abubatsi bari gusana Stade Amahoro mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Umwe mubahubaka avuga ko imibiri babonye irenga itanu ari...
Mu kiganiro yaraye ahaye abakozi ba Banki ya I&M bari bagiye kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Senateri Prof. Jean Pierre Dusingizemungu yavuze ko kugira ngo u Rwanda ruzarambe, ari ngombwa ko A...
Urukiko rw’i La Haye rwanzuye ko Felisiyani Kabuga adashobora kuburanishwa kubera ibyo rwise ‘ibibazo by’ubuzima’. Hari amakuru avuga ko ubwonko bwa Kabuga bitakibuka ibintu byose byabaye mu gihe cyah...
Ubugenzacyaha bwo mu Karere ka Nyanza bwafunze umusore nyuma yo kuvuga amagambo menshi arimo ko ‘Abatutsi ari abagome.’ Bivugwa ko yunzemo ko intambara iramutse igarutse ‘nta Mututsi wabacika.&#...









