Padiri Charles Hategekimana uyobora ikigo cy’amashuri cya Groupe Scolaire Officiel de Butare avuga ko imikoranire y’ikigo cye n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini no kugenzura imyigishirize, NESA, a...
Umwana wahembwe yitwa Alexis Ndahimana. Aherutse kurusha abandi bigaga mu kiciro cy’ubumenyi rusange bakoze ibizamini bya Leta mu bumenyi rusange mu mwaka wamashuri 2021-2022. Nibwa ubwa mbere bibaye ...
Minisiteri y’uburezi yatangaje uko abakoze ibizamini bya Leta bose hamwe bangana na 227.472 muri bo abatsinze ababitsinze ni abanyeshuri 206.286 bangana na 90.69%. Ni umubare wiyongereye ho 7.89% ug...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Gaspard Twagirayezu yaraye atangaje ko iyi Minisiteri yahinduye uburyo amanota yatangazwagamo mu rwego rwo ‘korohe...
Igihe cy’ibizamini bya Leta bisoza uyu mwaka w’amashuri mu byiciro bitandukanye cyageze. Kuri uyu wa Mbere byatangiriye ku basoza amashuri abanza bagera ku 254,678, bikazakomereza ku bindi byiciro. Ni...
Abanyeshuri 23.395 biga mu mashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro mu gihugu hose batangiye ibizaminingiro, guhera uyu munsi ku wa 14 Kamena 2021 kugeza ku wa 3 Nyakanga 2021. Abo banyeshuri batangiye ...





