Taarifa Rwanda yabonye ibaruwa yasinywe na Dr. Murwanashyaka Emmanuel uyobora Akarere ka Nyaruguru itumiza inzego ngo kuwa Mbere kare kare bazahure baganire uko imitsindire y’abana muri aka Karere gah...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 09, Nyakanga, 2025 mu Rwanda hazakorwa ibizamini birangiza amasomo y’icyiciro rusange n’ibirangiza amashuri yisumbuye muri rusange. Imibare y’abana bazabikora igaragaza ko bi...
Abakobwa 120,635 n’abahungu 100,205 bari gukora ibizamini bya Leta bibavana mu mashuri abanza binjira muyisumbuye. Bose hamwe ni abantu 220,000, barimo abanyeshuri 642 bafite ubumuga. Barahatanira gut...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri barangije ibizamini bya Leta by’amashuri yisumbuye ‘batazongera’ gusabwa kuba baratsinze amasomo abiri y’ingenzi mu yo bigaga kugira ngo bemererwe gukomer...
Ibi bikubiye mu bimaze gutangazwa na Minisiteri y’uburezi mu kiganiro n’abanyamakuru kiri kuvugirwamo uko imitsindire ya biriya bizamini yagenze. Abakobwa batsinze ku kigero cya 97% mu gihe basaza bab...
Urwego rw’igihugu rushinzwe gutegura ibizamini, NESA, ruvuga ko kuri iyi nshuro abana bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bakoreye ibizami ku bigo bifite umwarimu wahuguwe ku rurimi rw’amarenga kug...
Minisitiri w’uburezi Dr. Gaspard Twagirayezu ubwo yatangizaga ibizamini birangiza amashuri abanza, yasabye ababyeyi korohereza abana ngo basubiremo amasomo, ntibabime umwanya babaha indi mirimo. Yasab...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Kamena, 2024, abanyeshuri 26,482 barimo abahungu 14,506 n’abakobwa 11,976 barangije amashuri yisumbuye mu masomo y’Imyuga n’Ubumenyingiro baratangira ibizamini ngiro bis...
RIB yatanye muri yombi abakozi umunani bo mu nzego za Leta nyuma y’ igihe ibakoraho iperereza ku byaha byo kwiba no kugurisha ibizamini by’akazi. Abo bakozi barimo abagenzuzi b’imari(internal auditors...
Bamwe mu barimu bakosoye ibizamini byateguwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura amashuri n’imikorere y’ibizamini, NESA, baragishinja kubambura amafaranga bakoreye ubwo bakosoraga ibizamini mu mwa...









