Mu kiganiro Minisiteri y’ubutabazi ifatanyije n’izindi nzego yahaye itangazamakuru, yavuze ko ibiza byagwiriye u Rwanda mu minsi ishize byangije hegitari 2000 zari ziriho imyaka itandukanye kandi yari...
Ibiribwa, ibyo kuryamira, amavuta n’ibindi bikoresho by’ibanze byamaze guhabwa imiryango yaburiye ababo mu biza byibasiye ibice by’u Rwanda byiganjemo Uburengerazuba, Amajyaruguru n’Amajyepfo by’u Rwa...
Imibare mishya yatangajwe na Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ibiza byibasiye ibice bitandukanye by\u Rwanda mu ijoro ryo kuwa Kabiri byahitanye abantu 130. Hari abandi batanu baburiwe irengero mu gihe ...
Umukuru w’u Rwanda yafashe mu mugongo ababuriye ababo mu biza byibasiye u Rwanda mu masaha 48 ashize, byaguyemo abantu 127. Yavuze ko ari gukurikiranira hafi uko ibikorwa byo kugoboka abiciwe bakanase...
Imibare yatangajwe mu masaha ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu Taliki 03, Gicurasi, 2023 avuga ko abantu 129 ari bo babaruwe ko bahitanywe n’imvura yateje inkangu n’imyuzure. Intara y’i Burenger...
Imibare y’abishwe n’ibiza mu Ntara y’Iburengerazuba n’iy’Amajyaruguru ikomeje kuzamuka. Abitabye Imana bamaze kuba 109. Barimo 95 b’Iburengerazuba na 14 bo mu Majya...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje kugeza ubu hari inzu 27,000 zugarijwe no kuba zasenywa n’ibiza kubera ko zubatswe mu manegeka. Ziherereye mu mirenge 35 igize uturere dutatu tw’Umujyi wa Kigal...
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko mu minsi 15 ishize, imvura nyinshi n’ibindi biyikomokaho byahitanye Abanyarwanda 11. Mu bantu 11 batangazwa ko bahitanywe na biriya biza...
Abatuye mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Bushekeri mu Murenge wa Bushekeri bavuga ko abayobozi babo babategetse kurandura imboga zongeraga ireme ry’ifunguro, bakazisumbuza ibyatsi bita pasiparumu. Imi...
Raporo ya Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi iva muri Mutarama ikagera kuwa 28 Ukuboza 2022, yagaragaje abantu 200 ari bo baburiye ubuzima mu byago byatewe n’ibiza byageze mu Rwanda mu mwaka wa 2022....









