Pudence Rubingisa uyobora Umujyi wa Kigali yavuze ko umubare w’imiryango ituye mu manegeka yo mu Mujyi wa Kigali ukiri munini kuko igera ku 3,131. Avuga ko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abayigize,...
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yaraye ageze Ankara muri Turikiya ku butumire bwa mugenzi we Reccip Erdogan uherutse kongera gutorerwa kuyobora iki gihugu. Erdogan aherutse kongera gutorerwa kuyobora ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma yo gusuzuma ubukana ibiza byangije ibikorwaremezo byari bifite, yasanze hazakenerwa Miliyari Frw 296 zo kubisana mu buryo burambye. Kugeza ubu kwita ku batura...
Madamu Jeannette Kagame yagiye mu karere ka Ngororero gusura abana bagizweho ingaruka n’ibiza biherutse kwibasira Intara eshatu z’u Rwanda. Kuri uyu wa Gatanu yasuye rimwe mu marerero y’aho, aganira ...
Ikigo gikora Sima kitwa CIMERWA cyatanze imifuka 2000 ya sima yo gufasha mu kubakira abasenyewe n’ibiza biherutse kwibasira ibice byinshi by’u Rwanda. Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi, MINEMA, ivuga...
Abahanga bavuga ko kugira ngo politiki yo gukumira no kurwanya ibiza izatange umusaruro mu buryo burambye, ari ngombwa ko Politiki yo kurengera ibidukikije ndetse n’iyo gukumira ibiza zisobanurirwa ab...
Imibare mishya yatangajwe kuri uyu wa Gatandatu taliki 13, Gicurasi, 2023 na Minisitiri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi igaragaraza ko ku bantu 131 bari baratangajwe ko ari bahitanywe n’ibiza, hiyonger...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426. RBA yanditse ko kugeza ubu abantu bagera ku 20,000 bavanywe m by...
Mu kiganiro yagiranye n’abaturage bo muri Rubavu bari baje kumwakira, Perezida Kagame yababwiye ko Guverinoma y’u Rwanda izakora uko ishoboye kose ikongera kububakira imibereho bahoranye mbere y’uko i...
Amakuru Taarifa ikesha abari mu Karere ka Rubavu aravuga ko hari imyiteguro yo kwakira Perezida Kagame Paul uri busure aka karere mu rwego rwo kwirebera ubukana bw’ibiza biherutse kwibasira aka Karere...









