Itangazamakuru ryo muri Saudi Arabia riratabaza rivuga ko iki gihugu cyamaze guhinduka ihuriro n’isoko ry’ibiyobyabwenge bikomeye mu Burasirazuba bwo Hagati. Ni ikibazo gikomeye k’uburyo hari umuryan...
Urugomo rwo muri Gatsibo rwageze n’aho umugore wari ugiye gukora akazi ko guhonda amabuye ya konkase yishwe n’abantu bataramenyekana bamuca umutwe. Ifoto Taarifa yahawe n’umwe mu bahageze mbere yereka...
Romami André Fils wigeze kuba umukinnyi ukomeye wa APR FC na ATRACO FC ndetse akagakina no mu kipe y’igihugu, Amavubi, yatawe muri yombi taliki 24, Werurwe, 2022 akurikiranyweho kunywa urumogi. Nyuma ...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Umunyakenya Owino Iman akomeza gufugwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha akurikiranyweho. Uyu musore w’imyaka 20 utuye mu Rwa...
Umuyobozi w’Intara y’i Burasirazuba n’umuyobozi wa Polisi muri iyi Ntara baganirije abamotari ku kwirinda ibyaha. Nyuma abamotari bafashwe batanze ubuhamya bw’uko binjije ibiyobyabwe...
Nibwo bwa mbere mu mateka y’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge muri Amerika, hafashwe ibiyobyabwenge bifite agaciro kageze kuri miliriya y’amadolari y’Amerika. Ibiyobyabwenge byafashwe ni toni 27 za cocaine ...
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umusore w’imyaka 24 afite ibilo 33 by’urumogi, agiye kurucuruza mu baturage. Yafatiwe mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Bugeshi, aruvanye muri Repubulika...
Ibi bigaragazwa n’ubwinshi bw’amafaranga abarwa iyo ibiyobyabwenge byafashwe na za Polisi zo hirya no hino ku isi. Urugero ni ibiyobyabwenge byafashwe na Polisi ya Turikiya mu mwaka wa 2020 byose hamw...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umukobwa w’imyaka 23 afite udupfunyika 36 tw’ikiyobyabwenge gihambaye cyo mu bwoko bwa Heroin, avuga ko na we afite undi acururiza. Uyu mukobwa yafash...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 12 barimo umuhanzi Jay Polly, bafatiwe mu birori mu rugo barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19, banafatanwa ibiyobyabwenge. Aba bantu uko ari 12 ber...









