Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga yabwiye itangazamakuru ko Ariel Wayz afunganywe n’undi muhanzi witwa Babo( ni Umunyarwandakazi ufit...
Nyuma y’uko Amerika yoherereje ubwato bugwaho indege z’intambara mu mazi aturanye na Venezuela nayo igatangira kugurutsa indege zayo z’intambara hafi aho, hari impungenge ko hashobor...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, Anti-Narcotic Unit, ANU, ryafatiye muri Rusororo abagabo babiri bahetse kuri moto ibilo 31 by’urumogi bivugwa ko bari bavanye i Kirehe babishyiriye...
Kuva kuri uyu wa 20 kugeza kuwa 22, Ugushyingo, 2024, mu Karere ka Rwamagana hateraniye inama ihuza Croix-Rouge y’u Rwanda n’ abafatanyabikorwa bayo. Yamurikiwe ikigo cyo kuzafasha urubyiruko kwihangi...
Mu kiganiro giherutse guhuza Polisi n’itangazamakuru mu Ntara y’Amajyaruguru, hatangarijwemo ko hagati ya Kanama na Ukwakira, 2024 abantu 339 bafatiwe muri magendu, abagera kuri 239 muri bo bakaba abo...
Raporo y’Umuryango w’abibumbye ivuga ko mu myaka icumi yakorewemo ubushakashatsi, ibisubizo byarekanye ko guhera mu mwaka wa 2011 kugeza mu mwaka wa 2021 umubare w’abakoresha ibiyobyabwenge wavuye ku ...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na Polisi y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bwo kwibutsa urubyiruko ububi bw’ibiyobyabwenge. N’ubwo ari uko bimeze, hari abibaza niba urubyiruko rw’ubu rwiyumvisha k...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Turahirwa Moses ukurikiranyweho ibyaha by’inyandiko mpimbano no gukoresha ibiyobyabwenge. Uyu yamamaye cyane m...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Turahirwa Moses mu myaka ishize wambikaga abakomeye imyenda yakorerwaga mu nzu y’imideli yitwa Moshions. RIB imukurikiranyeho ibyaha by’...
Mu rwego rwo guhashya abacuruza ibiyobyabwenge no gukumira ko bigezwa hirya no hino ku isi aho bitaragera, Polisi y’u Bwongereza imaze iminsi ihiga kandi igafata abantu bacuruza mugo( heroin) cocain n...









