Mu Burasirazuba hari abarobyi b’amafi basaba Leta kubashyiriraho Nkunganire kugira ngo bashobore guhangana n’ibibazo biba mu bworozi bw’amafi. Banasaba ko Leta yabafasha guhangana naba rushimusi baza ...
Birababaje kuba u Rwanda rutabyaza umusaruro uburobyi kandi ari igihugu gifite ibiyaga birenga 20, ibyo biyaga bikabamo ubwoko bw’amafi 40. Ikiyaga gifite amazi ari ku buso bunini ni ikiyaga cya Kivu ...
