Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga Croix Rouge y’u Rwanda yifatanyije n’izindi ku isi wahariwe ubutabazi bw’ibanze, umwe mu bayobozi bakuru bayo yaboneyeho gutangaza ko iri gufash...
Binyuze mu kigega mpuzamahanga gishinzwe guteza imbere imishinga y’ibidukikije Global Environment Facility (GEF), Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, cyahawe Miliyoni $18 azakore...
Bimwe mu bituma abantu bakunda Umujyi wa Kigali ni ibiti biwuteyemo biwuha amahumbezi. Ibyo biti ni byinshi kandi biri henshi. Icyakora bimwe birashaje ku buryo hari ibihirikwa n’inkubi bityo abaturag...
Mu Karere ka Musanze hatewe ibiti 6,000 ku musozi uri mu Murenge wa Gashaki hagamijwe kurinda ko isuri ikomeza kwisuka mu kiyaga cya Ruhondo. Ikiyaga cya Ruhondo gikora no ku Karere ka Burera, kikagir...
Mu mirenge ituriye ikiyaga cya Kivu mu turere twa Rutsiro na Rubavu hatangiye guterwa ibiti by’imbuto n’ibisanzwe kugira ngo bifate ubutaka buva mu misozi igikikije bityo hirindwe isuri. Isuri ibaho i...
Minisiteri y’Ibidukikije iherutse gutangaza ko hirya no hino mu Rwanda hagiye guterwa ibiti miliyoni 65. Ni mu gihe 30% by’ubutaka bw’u Rwanda biteye ibiti. Kubitera bizakorwa mu rwego rwo...
Ibirunga byo mu gace k’ibiyaga bigari bisaranganyijwe hagati y’u Rwanda, Repubulika ya Demukarasi ya Congo na Uganda. Muri iki gihe abahanga bavuga ko ibinyabuzima biri muri iri shyamba(ibimera n’inya...
Abahanga mu binyabuzima, ubuhinzi no gukora politiki bari i Musanze mu nama izamara iminsi itanu igamije kwigira hamwe uko ibinyabuzima byabana n’abantu mu bwisanzure busangiwe. Abahanga bari muri iyi...
Abanyarwanda bakunda inturusu kuko ari igiti bakuze bazi kandi cyabagiriye akamaro kanini. N’ubwo ari uko bimeze, Minisiteri y’ibidukikije yo ivuga ko inturusu ari igiti kibi ku bindi bimera kubera ko...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2022/2023 ibigo by’amashuri byo muri uyu mujyi bizafashwa gutera ibiti 285,805 byiganjemo iby’imbuto. Ni icyiciro cya mbere cy...









