Mu minsi mike iri imbere, ingabo 100,000 za Israel ziratangiza ibitero muri Gaza k’ubutaka no mu kirere mu rwego gufata aka agace kose nk’uko ikinyamakuru Walla kibyemeza. Abagihaye amakuru bavuga ko ...
Itangazamakuru mpuzamahanga ritangaza ko hari ibitero bya Israel byinshi byagabwe muri Gaza, bigakekwa ko biri muri gahunda yo gusenya uyu Mujyi kugira ngo habeho gusenya ‘burundu’ ibirind...
Ingabo za Israel zatangije ibitero by’indege mu Murwa mukuru wa Syria, Damascus, ndetse ibisasu bimwe byaguye hafi y’Ibiro bikuru by’ingabo z’iki gihugu. BBC yo yavuze ko hari ...
Abasirikare bakuru ba Israel barimo n’umugaba wabo witwa Gen Eyal Zamir bavuga ko kugeza ubu inzira zo kugaba ibitero byeruye kuri Iran zamaze guharurwa. Israel ivuga ko zaharuwe guhera mu mwaka wa 20...
Ingabo za Israel zatangije ibitero bikomatanyije bigamije kwigarurira ibice bya Gaza bitandukanye no kwimurira abaturage basanzwe bahatuye ahantu Israel ivuga ko hatekanye. Ku rubuga rwa Minisiteri y&...
Perezidansi ya Amerika yemeye ko, mu buryo butari bwateguwe, hari umunyamakuru wohererejwe uburyo bita ‘link’ bwo kwinjira mu itsinda ryo ku rubuga bita ‘Signal’ rwarimo abayob...
Ibintu bigiye gufata indi ntera nyuma y’uko ibifaro by’ingabo za Israel bisubiye muri Gaza mu rwego rwo kuhatangiza intambara yeruye igamije guha isomo Hamas nyuma yo kwanga kurekura imfun...
Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yatangaje ko igihugu cye cyatangije intambara kandi ikomeye kuri Hamas nyuma yo kuyingingira kurekura abantu bayo yanyaze ikabyanga. Yaraye abwiye abatura...
Ingabo za Israel zikorera mu bice byegereye Syria zatangiye kwitegura kuzarwana n’abashobora kuva yo bakayitera cyane cyane ko ingabo z’iki gihugu zamaze guhunga umupaka uri mu bitwa bya Golan( ...
Ubuyobozi bw’ingabo za Israel butangaza ko guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukwakira zaguriye ibitero byazo mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Lebanon. Byari bimaze iminsi bigabwa mu Maj...









