Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko ibitaro byitiriwe umwami Faysal byemerewe gutanga amasomo agenewe abanyeshuri muri Kaminuza biga ubuvuzi. Ririya tangazo rivuga ko kwemere...
Umuyobozi w’Ibitaro byitwa Kira Hospital Clinique Suisse aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Iperereza rw’u Burundi ku mpamvu zitaratangazwa. Abamufashe bamusanze ari mu kazi ari kumwe na Perezid...
Umwe mu bakinnyi bakomeye isi yagize mu mupira w’amaguru wafashije ikipe y’igihugu cye cya Brazil ari mu bitaro kandi abaganga baravuga ko arembye cyane k’uburyo batamenya igihe azabimaramo. Abaganga ...
Hari indirimbo y’umuhanzi Masabo Juvénal ivuga ko mu bitaro ari kwa muganga kandi ngo barasanasana iminsi ikicuma. Nibyo koko barasanasana. Umwe muri abo bahanga basanasana umuntu iminsi ikicuma ni Dr...
Mu ijambo yagejeje ku bashyitsi bari batumiwe mu gikorwa cyo kumirika icyuma gisuzuma niba inyama z’umubiri w’umuntu zitarwaye kitwa MRI(Magnetic Resonance Imaging)giherutse kugurwa n’ibitaro Legacy C...
Umwe mu bayobozi baharaniye iterambere ry’abasigajwe inyuma n’amateka witwa Sen Kalimba Zephrin yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe gito nk’uko Igihe yabyanditse. Amakuru abo mu Muryango...
Amakuru Taarifa yahawe n’umwe mu baturiye ibitaro by’Akarere ka Rubavu avuga ko hari imodoka yabuze feri[akurikije uko yabibonye] hanyuma igonga urukuta rw’irembo rwa biriya bitaro. Avuga ko umuntu um...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko abantu hafi 180 barembejwe na COVID-19 ku buryo barimo kongererwa umwuka, asaba abaturarwanda kurushaho kwirinda. Ni imiba...
*Umuyobozi w’ibitaro yahinduwe, *Umwe Mu Barwaza Barwaje Abarwayi Ba COVID-19 Mu Bitaro Bya Kibagabaga Nawe Yayanduye, *Hari umurwayi wari urwajwe n’utanduye wajyanywe i Kanyinya… Kare kare mu gitondo...
Ibiro Bya Minisitiri w’Intebe wa Malaysia bitangaza ko Minisitiri w’Intebe wa kiriya gihugu witwa Muhyiddin Yassin yajyanywe mu bitaro kubera impiswi zikomeye. Byatangarijwe mu itangazo ryasohowe mu g...









