Igikomangoma Bajrakitiyabha wa Thailand ari mu bitaro nyuma yo gufatwa n’umutima ubwo yari ari muri siporo. Uyu mugore w’imyaka 44 y’amavuko yikubise hasi ari kumwe n’imbwa ze ubwo yakoreraga siporo...
Mu Murenge wa Busasamana ahari Gare ya Nyanza haraye hapfiriye umusaza w’imyaka 56 wari waje gutega imodoka. Yahageze aricara arayitegereza ariko apfa ataramugeraho. UMUSEKE wanditse ko uwo mugabo yit...
Maître Ndayizeye Sandra( ni umukobwa wa Domitien Ndayizeye) akaba n’umunyamategeko yatawe muri yombi. Asanzwe ari umwe mu bunganira mu mategeko (Avocat) uwahoze ari umuyobozi mukuru w’ibitaro byitwa K...
Imibare itangwa na Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda ivuga ko mu myaka 40 ishize, abaganga b’Abashinwa 270 bavuye Abanyarwanda babarirwa mu bihumbi byinshi. Abo baganga baje mu Rwanda mu matsinda 22 yat...
Nyuma y’igihe kirekire urubanza rw’abaganga bavugwaho kwica batabigambiriye umugore wari waje kubyarira mu Bitaro byitwa Baho International Hospital bazitaba urukiko mu Ukwakira, 2022. Abo baganga bak...
Bimwe mu bibazo Komisiyo ya Sena y’u Rwanda iherutse gusanga mu mitangire ya Serivisi mu rwego rw’ubuzima, harimo ko hari ibitaro bitagira umuganga w’inzobere kandi byaragizwe Ibitaro bikuru. Indi mb...
Urwego rw’ubuzima mu Rwanda rushimirwa ingamba rwafashe kugira ngo habeho kwirinda indwara ariko habeho n’uburyo bwo kuzivuza. Icyakora hari amakuru aherutse gutangazwa na raporo y’umugenzuzi mukuru w...
Mu ijoro ryacyeye kuri iki Cyumweru taliki 05, Kamena, 2022 muri Leta Philadelphia, USA, umuntu yarasiye abandi mu ruhame. Kugeza ubu ababaruwe bahasize ubuzima ni abantu babiri abandi bakabakaba 20 b...
Umuyobozi mu bitaro bya Faysal ushinzwe abakozi witwa Dr Augustin Sendegeya yavuze ko imibare ibereka ko abagana ibi bitaro baje kwivuza impyiko kandi bigaragara ko zangiritse cyane baba bafite hagati...
Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko hari kwigwa uko ibintu byahuzwa k’uburyo gahunda z’igihe kirekire zahabwaga abarwayi bagomba kubarwa zagabanyirizwa igihe. Abarwayi bar...









