Mu bitaro bya Mibirizi mu Karere ka Rusizi haparitse imbangukiragutabara nyinshi zabuze uwazikoresha kandi ibi bitaro byarahoranye kandi bikaba bigifite ubuyobozi. Ibi ni intandaro yo kubura kw’izi mo...
Ikibazo cyo guhumuka nabi cyatumye Papa Francis arara mu bitaro by’i Roma. Umuvugizi w’Ibiro bye witwa Matteo Bruni avuga ko umukambwe Papa Francis ari mu bitaro kubera uburwayi afite mu mwanya w’ubuh...
Ubuyobozi bwa Flash Radio&TV mu Karere ka Nyagatare bwabwiye Taarifa ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Gashyantare, 2023 abagizi ba nabi bateze umunyamakuru wabo witwaga John Gumisir...
Abantu bane bafatiwe mu cyuho biba imiti mu bitaro by’ahitwa Murang’a, aho hakaba ari muri Kenya. Polisi yasanze bari bamaze gupakira imiti ifite agaciro Miliyoni Sh1.5. Yasanze bari bamaze gus...
Mu Burundi hari ikibazo cy’uko muri iki gihugu ‘batagira ibyuma’ bisuzuma indwara ndetse ngo icyuma kimwe kitwa scanner nicyo gikora mu gihugu hose. Kiba mu bitaro byitwa l’Hôpital G...
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwaciye urubanza rutegeka ibitaro byitiriwe Umwami Faysal kwishyura umuryango Miliyoni Frw 105, andi acibwa ikigo cy’ubwishingizi, SONARWA, kubera uburangare bwakozwe n’a...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko nta bimenyetso simusiga bibigaragaza ishingiro ry’ibirego byashinjwaga abaganga babiri ba Baho International Hospital by’uburangare bwaganishije ku rupfu rwa...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bigo by’ubuvuzi hazakomeza gukurikizwa amasaha asanzwe mu gihe abandi bakozi bo bazajya batangira saa tatu za mu gitondo. Kuri Twitter Minisiteri y’ubuzima yahandi...
Umukecuru Nyiramandwa Rachel usanzwe ari inshuti ya Perezida Kagame yatabarutse. Yazize uburwayi nk’uko amakuru Taarifa ifite abyemeza. Ngo yari amaze iminsi arwariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Buta...
Umwe mu baganga bo mu Bitaro bya Nyanza yafunzwe n’Urwego rw’ubugenzacyaha akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana wari wagiye kwa muganga ngo bamusuzume, avurwe. Uwo mwana afite imyaka 16 y’amavuko. Ic...









