Ku buso bwa Hegitari 8.2 mu Murenge wa Masaka hari kubakwa ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali byari bisanzwe biri mu Karere ka Nyarugenge. Gusiza ikibanza byatangiye muri Mutarama, 2023 ari ubu im...
Antoine Ndayishimiye wo mu Mudugudu wa Nganzo, Akagari ka Rugogwe mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero arashakishwa n’inzego z’umutekano zimukurikiranyeho kwica murumuna we witwa Françosi Ryu...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yaraye ajyanywe mu bitaro byitwa Sheba Medical Center biri i Ramat Gan hafi y’Umujyi wa Tel Aviv. Abakora mu Biro bye batangaza ko yagize ikibazo cyo ...
Mu Karere ka Kirehe, Umurenge wa Mahama haravugwa inkuru y’umuforormo ukorera mu kigo nderabuzima cy’uyu murenge watawe muri yombi n’Ubugenzacyaha akurikiranyweho gusambanya umugore yari agiye kubyaza...
Imbangukiragutabara yari igiye ku bitaro bya Kibuye kuzana oxygen bakoresha kwa muganga yakoze impanuka. Yari ivuye mu bitaro bya Murunda biri mu Karere ka Rutsiro. Ni impanuka yabaye kuri iki Cyumwer...
Nyuma y’iminsi icyenda(9) ari mu bitaro kubera kubagwa, Papa Francis yasezerewe kubera ko ubuzima bwe ‘bumeze neza’. Ubwo yasohokaga mu bitaro, yasuhuje abanyamakuru benshi bari baje kumwakira no kug...
Mu murenge wa Mukingo, mu karere ka Nyanza haravugwa inkuru y’umwana w’imyaka icyenda wamize agapfundikizo k’ikaramu yari arimo ahekenya karamwica. Aho kugira ngo kamanukire mu mwanya w’ibiribwa...
Umurenge wa Gihundwe ni umwe mu yindi ikora ku Mujyi w’Akarere ka Rusizi ari n’aho hubatswe ibitaro bya Gihundwe. Ibi bitaro bifite ibikoresho bike kandi bishaje bityo ababigana bakavurwa nabi. Inyuba...
Ubuzima bwa Nyiri ubutungane Papa Francis buri kuba bubi. Nyuma yo koherezwa mu bitaro ngo akorerwe isuzuma, amakuru aravuga ko abaganga basanze ari ngombwa ko abagwa amara. Sky News yanditse ko kumub...
Mu Karere ka Gakenke, Umurenge wa Ruli, Akagari ka Jango, Umudugudu wa Murehe yatabawe Habarurema w’imyaka 23 wari waburiwe irengero guhera kuri uyu wa Gatatu mu cya kare, nyuma y’uko hari ikirombe c...









