Aho ni mu bitaro binini bya Al-Shifa. Ni ibitaro birimo abarwayi b’indembe barwaye indwara zitandukanye barimo abana, ababyeyi n’abageze mu zabukuru. Aho akazi k’ingabo za Israel kagiye kugoranira ni ...
Ku wa Kabiri mu masaha y’umugoroba, umugabo wo mu Murenge wa Byimana, Akagari ka Mpanda yamize inyama y’akabenzi iramuhagama, bagerageza kuyimurutsa biranga iramuhitana. Ababibonye bemeza ko yagiye ku...
Amashusho yashyize kuri X na RadioTV10 arerekana imirwano hagati y’umugabo bivugwa ko yari agiye kureba umugore we wabyaye abazwe, ariko umusikirite amubera ibamba. Byaje kuvamo gufatana mu mashati, ...
Guverinoma y’u Rwanda ihagarariwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi ushinzwe umutungo wa Leta Richard Tushabe yasinyanye n’Ubufaransa amasezerano y’uko iki gihugu kizaha u...
Nyuma yo kugera ku kibuga cy’indege ya Tel Aviv muri Israel akakirwa na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu, Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko abantu barashe mu bitaro ibisasu bikica abana bar...
Mu rwego rwo guha ababigana serivisi z’ubuvuzi zigezweho, mu bitaro bya Butaro hatashywe inyubako nshya zirimo ibikoresho bishya. Ibi bitaro bifite umwihariko wo gusuzuma no kuvura za cancers zitanduk...
Aba bagabo n’abagore bari bavuye mu mubatizo wabereye mu rusengero rw’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi bari kwa muganga nyuma yo kunywa ubushera bwanduye. Babunywereye kwa Habyarimana wo mu Mudugud...
Ubuyobozi bw’Ibitaro byitiriwe umwami Faysal bwatangaje ko mu bubibo bwabwo nta mafaranga ahagije bufite kubera ko hari igihombo cya Miliyari Frw 12 zirenga bwatewe n’abarwayi bambuye ibitaro. A...
Uburakari mu baturage b’Uburundi bwazamutse nyuma y’uko Minisitiri w’Ubuzima witwa Dr. Sylvie Nzeyimana atangaje umushinga wo kubaka ibitaro bigenewe abakomeye gusa. Amakuru agera kuri Taarifa aturuka...
Mu Ntara ya Marrakech muri Maroc haraye habereye umutingito ukomeyeuri ku kigero cya 7 ku gipimo cya Richter, ukaba wahitanye abantu 632. Twandika iyi nkuru nibo bari bamaze kubarurwa. Imwe mu mpamvu...









