Abafatangabikorwa b’ibitaro bya Faysal bakoreshejwe inama berekwa igishushanyo mbonera cy’uko bizagurwa. Nibyuzura bizaba byikubye kane mu buso byari bisanganywe ndetse no mu bushobozi. Bi...
Mu Karere ka Nyagatare haravugwa indwara inzego z’ubuzima zitaratangaza iyo ari yo yatumye abanyeshuri 150 bajyanwa mu bitaro bya Nyagatare no mu bigo nderabuzima biri muri aka Karere. Radio/TV 10 ivu...
Ku bufatanye bwa Minisiteri y’Ubuzima n’urugaga rw’abaganga bavura amaso, abaganga bavura amaso babaze abaturage 64 bari barwaye ishaza. Kubabaga byakorewe ku bitaro Bikuru bya Kibungo bikaba byari ig...
Ibi ni ibyemezwa na bamwe mu baturage bajya kwivuriza muri ibi bitaro byo mu Ntara y’Amajyepfo. Bavuga ko kuba hari serivisi ibi bitaro bitagitanga, bibabangamiye kuko bituma bajya gushaka ahandi kure...
Ubwo yatangizaga inama nyunguranabitekerezo kuri za Cancer, Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko muri rusange cancer ari indwara zishobora kwirindwa abantu bahinduye imibereho yabo. Yav...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 13, Mutarama, 2024, ubwo kuri sitade y’Akarere ka Gicumbi haberaga umukino wahuzaga ikipe y’abakobwa ya Inyemera WFC Junior na Rambura WFC Junior, ink...
Nyuma y’inkuru yavugaga ko umuyobozi w’ibitaro bya Nyabikenke mu Karere ka Muhanga ataboneka mu kazi kandi ntagire uwo asigira inshingano, ubu abashinzwe isuku muri ibi bitaro barataka ko bahembwa Fr...
Mu gihe gito kiri imbere Guverinoma y’u Rwanda izabona imbangukiragutabara 180 zizaza kuziba icyuho cyaterwaga n’ubuke bw’izi modoka z’ingirakamaro. Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Uzziel Ndagij...
Minisiteri y’ubuzima yaraye ihagarariye igikorwa cyo kwegurura Ibitaro bya Kibagabaga ikigo gishamikiye ku idini ry’Abadivantisiti kitwa Integrative Healthcare Rwanda (IHCR) kugira ngo kicyagure kand...
Bamwe mu bakozi bo mu bitaro by’Akarere bya Nyabikenke babwiye itangazamakuru ko kuva Minisiteri y’ubuzima yohereza Dr Nkikabahizi Fulgence kubiyobora ataragera mu kazi ngo ahamare iminsi byibura imin...









