Mu bitaro bya Butare buri mu Karere ka Huye abaganga babaze ubwonko bw’umurwayi bamukura ikibyimba mu bwonko adatewe ikinya gifata umubiri wose. Uwo muntu yabazwe areba kuko igice cyabazwe kitasabaga ...
Uyu munyamakuru wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yigeze kumara amezi atandatu afungiye muri gereza nkuru ya Kinshasa iri ahitwa Makala. Ni gereza ifite ubushobozi bwo gucumbikira abantu 1,500...
Perezida Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa RSSB gukorana vuba n’ibitaro bya Faysal bugakemura ibibazo by’amikoro bihari. Hari mu ijambo yagejeje ku bari baje kuwitabira umuhango wo gushyira ibuye ry’i...
Mu bitaro bya Faysal hari kubera umuhango wo gushyira ibuye ahazagurirwa ibitaro bya Faysal. Ni ibitaro biri mu by’ibanze bikomeye mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo. Bimaze imyaka 30 bishinzwe, bika...
Umugore wo mu Karere ka Muhanga witwa Kamugisha yagiye kumva uko Kagame yiyamamaza azi neza ko akuriwe ahageze afatwa n’ibise. Baramwihutanye bamugeza kwa muganga abyara imfura ye ayita Ian Kagame Mwi...
Kuri uyu wa Gatandatu ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda buraha ibitaro byose byo mu Rwanda imbangukiragutabara 80 zibisaranganywemo. Ni igikorwa kiri bubere kuri BK Arena iri mu Murenge wa Remera mu Karere...
*Icyonderwa: Amafoto muri iyi nkuru ashobora kugira abo abangamira! Iyi nkuru igendanye n’umutekano iri mu ziriwe zivugwa guhera kuri uyu wa Gatandatu n’ubu ikaba ikiri mu makuru. Ni iy’imbogo zirind...
Umuforomokazi mu bitaro bya Mugonero mu Karere ka Karongi witwa Ishimwe Marceline ukora muri Isange One Stop Center y’aho avuga ko imwe mu mbogamizi ituma kwita ku bahohotewe bigorana ari uko abantu b...
Abubaka inyubako izaha ababyeyi serivisi mu bitaro bya Kibagabaga bavuga ko igeze kure yuzura. Iyo nyubako iri kubakwa ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Ububiligi mu kitwa Cooperati...
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangiye iperereza rigamije gufata abagizi ba nabi bahaye inkongi imodoka y’ibitaro byigenga byitwa Peace Polyclinic biri i Muhanga Umuyobozi w’ibi bitaro witwa Dr Norbe...









