Umunyamideli Sandra Teta wari wafunzwe na Polisi ya Uganda akurikiranyweho kugonga nkana umugabo we amakuru aravuga ko yarekuwe. Uyu ubu arwariye mu bitaro by’ahitwa Nsambya naho umugore yari afungiwe...
Abayobozi bo mu bitaro bya Al-Aqsa muri Gaza bavuga ko ubwo abana na ba Nyina bari bagiye gufata imiti baguweho n’igisasu gihitana abantu 15 barimo abana umunani n’abagore babiri. Israel ivuga ko yara...
Igitero cy’indege za Israel cyasenye igice cy’ibitaro byonyine byari bisigaye muri Gaza cyari gisigaye gikoreshwa mu kwakira indembe. Ubuyobozi bw’ingabo za Israel buvuga ko buri guk...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu igice kimwe cy’Ikigo nderabuzima cya Musambira cyafashwe n’inkongi ku buryo igice kiinini cyakongotse. Ku bw’amahirwe, Polisi yatabaye izimya hatarangirika byinshi. I...
Ubuzima bw’umugore w’icyamamare Théo Bosebabireba bugeze ahabi kubera kurwara impyiko. Aho mu bitaro ari gukorerwa ubuvuzi bwo kuyungurura impyiko bita dialyse. Umugore wa Bosebabireba yitwa Mushimiyi...
Kuri uyu wa Mbere tariki 13, Mutarama, 2024 Imanazibayo Solange w’imyaka 29 y’amavuko yapfuye azize inkuba yamukubise ari konsa uruhinja rw’amezi icyenda. Yari atuye mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa R...
Umuvunyi mukuru wungirije ushinzwe kurwanya ruswa Abbas Mukama avuga ko ruswa iri henshi ariko ko ikwiye kurwanywa. Avuga ko hamwe mu hantu habi ishobora kugira ingaruka ni mu rwego rw’ubuzima. Abbas ...
Mu minsi micye iri imbere ibitaro Bya Muhororo biri mu Karere ka Ngororero birasenywa hubakwe ibindi bishya. Ni ibitaro bishya Perezida Kagame yemereye abaturage ba Ngororero. Ibitaro bya Muhororo bir...
Omar Al Bashir wahoze uyobora Sudan arwariye mu bitaro biri mu Majyaruguru y’iki gihugu nyuma y’uko yoherejwe muri bimwe mu bitaro bikomeye by’aho. Bashir yavanywe ku butegetsi n’imyigaragambyo yabaye...
Mu rwego rwo gufasha abaturage kubona imbangukiragutabara zihagije, Guverinoma y’u Rwanda yaraye igejeje ku bitaro bitandukanye imbangukiragutara 114. Intego ni uko imbangukiragutabara imwe yajya iha ...









