Umunyakenya uzwi cyane ku isi mu kwandika ibitabo ukomoka muri Kenya Ngũgĩ wa Thiong’o yapfuye. Yari afite imyaka 87 nkuko byemejwe n’umuryango we akaba yazize uburwayi. Kimwe mu bitabo bizwi yanditse...
Mu rwego rwo kuzoroherereza abakora ibarurishamibare mu myaka iri imbere, Ikigo gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho n’Isakazabumenyi (RISA), kigiye gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kubika amak...
Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya avuga ko bafite amakuru y’uko hari abarimu bagera ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ntibayigishe bakayasimbuka. Ntiyavuze aho ari ho, ariko yemeza ko...
Hashize imyaka mike Ikigo cy’igihugu cy’uburezi gitangaje ko iyo urebye ibitabo bigenewe abana b’u Rwanda ariko byacapiwe hanze usangamo amakosa menshi y’imyandikire. Iki kigo cyavuze ko biri mu...
Ku isomero rya Kigali kuri uyu wa Gatanu taliki 10, Kamena, 2022 habereye igikorwa cyo gusomera igitabo runaka cyanditswe n’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu rwego rwo kucyumva neza no kukigani...
Buri taliki 23, Mata, buri mwaka isi izirikana akamaro k’ibitabo mu bantu. Ibitabo nibyo bikoresho byagiriye abantu akamaro kurusha ibindi nyuma y’ubuhinzi. Ubuhinzi bwatumye bakura hafi y’aho batuye ...
Muri iki gihe abantu bacye nibo batira igitabo. Ndetse gutunga ibitabo ntibigifatwa nk’ikintu kidasanzwe mu mibereho ya muntu. Ariko rero, siko byahoze. Mu Bugereki na Roma bya cyera, gutira umuntu i...
Hari Kuwa Kabiri taliki 01, Ukuboza, 2020 ubwo Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yabwiraga Intumwa za rubanda uko uburezi buhagaze. Yavuze ko muri 2018 ari bwo Leta yatangije Politiki...







