Hari raporo ivuga ko umusaruro w’ibigori u Rwanda rwahuritse mu mwaka wa 2024 ungana na toni 29, 510 mu gihe mu mwaka wa 2023 wari toni 5,837 ni ukuvuga inyongera ya 405.51%. Ni umusaruro mwinshi k...
Mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga hari abaturage bataka ko ubuyobozi bwabategetse kurandura ibishyimbo kugira ngo aho byari biteye hashyirwe Stade. Meya avuga ko kubaka sta...
Dr. Musafiri Ildephonse uyobora Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yifatanyije n’abaturage b’i Musanze mu gutangiza Igihembwe cy’Ihinga cya 2024 B. Hatewe ibishyimbo ku buso bwa hegitari 62. Yata...
Mu Karere ka Rusizi hari abaturage bavuga ko bahawe imbuto y’ibishyimbo bigufi n’ibishingirirwa ngo bongere umusaruro w’ibishyimbo. Ababihawe bo mu Murenge wa Gitambi babanje kwishimira iyo mbuto, biz...
Iradukunda Jean de Dieu ni umwana w’imyaka 10 wo mu Karere ka Gicumbi wishwe n’inkuba yaraye imukubitiye mu murima ari kumwe n’ababyeyi be bari gusarura ibishyimbo. Byabereye mu Murenge wa Rushaki, Ak...
Umuyobozi w’Urwunge rw’amashuri rwa Gati (Groupe Scolaire Gati) ryo mu Kagari ka Gati mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza yahagaritswe mu kazi by’agateganyo kugira ngo hasuzumwe amakuru avuga k...
Leta y’u Rwanda hamwe n’Ikigo PABRA(Pan-Africa Bean Research Alliance) yakiriye inama yahuje abahinzi b’ibishyimbo, abafata ibyemezo mu buhinzi, abashakashatsi n’abandi bafite aho bahurira n’imirire i...
Kugira ngo umubiri w’umuntu uba wubatse ukenera ibiwubaka bita proteins. Kugira umubiri wubatse, ubyibushye…biterwa n’ibyo wariye kandi n’Abanyarwanda baciye umugani ngo ‘ikirima ni ikiri mu nda’ ndet...







