Indege z’Uburusiya ziri kurasa ibisasu biremereye kuri Ukraine nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu Ukraine nayo irashe ku mujyi w’Uburusiya uri ku mupaka uhuza ibihugu byombi wa Belgorod. Ibisasu by’Ubu...
Amashusho yafashwe na camera zo ku ngofero z’ingabo za Israel arerekana abasirikare b’iki gihugu binjira mu gace katavugwa amazina zikabohora abantu 250 Hamas yari yarafasheho umunyago. Inyandiko ijya...
Bimwe mu bika biri muri Raporo y’impuguke za UN iherutse gusohoka ku byerekeye uko umutekano wifashe mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba, bivuga ko ADF yari yarateguye ibitero mu Rwanda m...
Ibisasu byari biteze mu mudoka ebyiri byaturikiye mu nyubako ikoreramo Minisiteri y’uburezi yo muri Somalia ahitwa Zobe. Ni mu mahuriro y’imihanda iri mu Murwa mukuru Mogadishu. Abantu 100 kugeza ubu...
Inzego zishinzwe umutekano muri Somalia zatangaje ko nyuma y’igitero cyagabwe na Al Shabaab mu masaha macye ashize, aba barwanyi bakoreshje amajerekani bayashyiramo ibiturika bagabishije igitero kuri ...
Ingabo za Israel zigiye kumara iminsi ibiri zirasa ibisasu mu gace ka Gaza. Ijwi ry’Amerika ryanditse ko abantu icumi ari bo kugeza ubu babaruwe ko byahitanye. Barimo n’umwe mu bayobozi bakuru ba Hama...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda itangaza ko abasirikare babiri bari bamaze iminsi barashimuswe n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ziri kumwe n’iza FDLR nk’uko itangazo ry’ingabo z’u Rwanda r...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Gicurasi, 2022 amakuru agera kuri Taarifa avuga ko umutuzo wagarutse muri Musanze na Burera nyuma y’ibisasu byahaguye kuri uyu wa Mbere taliki 23, Gicurasi...
Ibisasu biremereye by’imbunda z’Abarusiya byangije inzu nyinshi mu Murwa mukuru wa Ukraine witwa Kiev. Amafoto yafashwe n’abanyamakuru ba Al Jazeeera arerekana inzu zasenyutse, abaturage babuze aho b...
Kuri uyu wa Kane tariki 5, Kanama, 2021 ingabo za Israel zagabye ibitero ku barwanyi ba Hezbollah bari muri Liban. Ni cyo gitero cya mbere igabye muri kiriya gihugu guhera mu mwaka wa 2014. Yabikoze m...









