Kuri uyu wa Gatatu Tariki 03, Nzeri, 2025 Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yayoboye umuhango wo kwizihiza imyaka 80 igihugu cye kimaze kigobotoye ubukoloni cyari cyashyizwemo n’Ubuyapani mu gihe cyaba...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Iran wungirije Majid Takht-Ravanchi yabwiye BBC ko igihugu cye gishobora kwemera gusubukura ibiganiro ariko kikizezwa ko kitazaraswa nk’uko byagen...
Ayatollah Ali Khamenei yacishije ubutumwa kuri X avuga ko akiriho, aboneraho kuvuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa ku nganda za Iran nta kintu byagezeho. Yavuze ko igihugu cye ari cyo cyakuye ints...
Iki kibazo kiri mu biri kwibazwa n’aba bantu benshi bo muri Iran. Hashize icyumweru atagaragaraga mu ruhame, kandie biba mu gihe kibi kuko igihugu cye cyari mu ntambara na Israel ndetse iki gihu...
Hari amakuru yatangajwe na CBS avuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa muri Iran igamije gusenya burundu inganda zikora intwaro za kirimbuzi nk’urwa Fordow, bitageze ku ntego. Ibisobanuro bitangwa mu...
Iran yatangaje ko atari yo yishe ibyari byameranyijwe mu guhagarika intambara yayo na Israel, ikabivuga mu gihe Israel yo yiyemeje guhata Iran ibisasu biremereye. Abanyamakuru bari aho iyo ntambara ir...
Leta zunze ubumwe z’Amerika, zimaze kubyumvikanaho na Israel, zatangaje ko hagiyeho amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Israel na Iran nyuma y’uko ibihugu byombi bifatanyije gusenya inganda ...
Perezida Donald Trump yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zatangiye kurasa ku nganda za Iran zitunganya ibisasu bya kirimbuzi zari zitararaswaho na Israel kugeza ubu. Yaboneyeho gusaba Iran kwemer...
Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuri uyu wa Kane hari indege 14 zageze yo zizanye intwaro zoherejwe na Amerika n’Ubudage. Kuva intambara iki gihugu kigiri kurwana na Hamas muri Gaza yatangir...
Abaturage bane ba Israel baraye biyongereye kubo ibisasu bya Iran bimaze guhatana guhera kuri uyu wa Gatandatu ubwo iki gihugu cyatangiraga kwihorera ku gitero Israel yakigabyeho kikica abakomeye. Hag...









