Mu ruzinduko rw’akazi arimo muri Trinidad na Tobago, Perezida Kagame yahuye n’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma batandukanye barimo na Mia Amor Mottley uyobora ikirwa cya Barbados. Baganiriye kuri by...
Mu masaha make ashize nibwo Perezida Paul Kagame yageze mu Murwa mukuru w’ibirwa bya Trinidad na Tobago witwa Port of Spain. Yagiye mu nama ihuza Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango CARACOM. Mu magambo...
Abikorera bo mu Rwanda n’abo mu Birwa bya Malta bari kuganira uko impande zombi zakorana mu bucuruzi n’ishoramari. Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza akaba ahagarariye n’inyungu z’u Rwanda mu Birwa b...
*Ikimoteri cya Nduba ni kabutindi yugarije abatuye Kigali *Ikigo cyo mu Birwa Bya Maurice Cyimwe isoko *Icyizere cy’uko bizakemuka kirahari… N’ubwo Umujyi wa Kigali wabaye icyatwa kubera isuku, ku r...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente avuga ko imibare yerekana ko mbere y’uko COVID-19 yaduka mu Rwanda abanyemari bo mu Birwa bya Maurices bahashoye 25% by’imari yose yahashowe iturutse...
Umunyamabanga mukuru wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Madamu Isabelle Kalihangabo yakiriye abagenzacyaha baturutse mu Birwa bya São Tomé et Príncipe baje kuganirizwa uko u Rwanda r...
Afurika ni umugabane ukennye kurusha iyindi muri rusange. Icyakora iyo urebye uko ubukungu bwa bimwe mu bihugu byayo buzamuka, ubona ko mu gihe kiri imbere, Afurika izaba ikize bigaragara! Mu kubireba...
Yitwa Karine Jean- Pierre akaba ari umwiraburakazi ukomoka mu Birwa bya Martinique. Kuri uyu wa Kane nibwo Perezida Joe Biden yamugize Umuvugizi w’Ibiro bye asimbuye Jen Psaki. Karine Jean-Pierre yav...
Inkubi yiswe Megi imaze guhitana abantu 123 mu birwa bya Philippines. Hari ubwoba ko umubare w’abapfuye barenga abamaze kubarurwa kubera ko hari benshi baguweho n’inkangu batarabonwa ngo babarurwe. Um...
Nyuma y’igihe gito atangiye guhagararira u Rwanda mu Bwongereza, Hon Ambasaderi Johnston Busingye yahuye na Ambasaderi wa Cyprus mu Bwongereza baganira uko igihugu cye cyakorana n’u Rwanda mu nzego z...








