Travis Leake ni Umunyamerika ufungiye mu Burusiya akurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge mu rubyiruko. Afunzwe hashize igihe gito umugore w’Umunyamerika wamamaye mu mukino wa Basket witwa Britney Gri...
Abashinzwe kurinda umutekano wa Perezida w’Amerika bagiye kubona babona umwana uri mu kigero cy’imyaka itanu yaseseye uruzitiro yinjira mu busitani bw’ingoro ya Perezida Biden. Ushinzwe itumanah...
Urukiko rw’Ubujurire muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwaraye rugize umwere Vital Kamerhé wigezwe kuba Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Yari amaze igihe gito afun...
Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka yifitiye icyi...
Yafotoye ibyamamare bikomeye mu Rwanda kandi bikora mu nzego zitandukanye. Kuri uyu wa Gatatu yizihije isabukuru y’imyaka 34 amaze avutse. Yavutse taliki 20, Mata,1988 avukira i Muhanga. Muzogeye ni u...
Ubuyobozi bw’Ikigo ntangazamakuru cy’Abongereza, BBC, bwatangaje ko bubaye buhagaritse imirimo yabwo i Moscow mu rwego rwo gusubiza ku cyemezo ubuyobozi bwa kiriya gihugu bwafashe cyo ‘gufunga umuntu ...
Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu witwa Stéphanie Nyombayire avuga ko umwaka wa 2022 uzarangira u Rwanda rwatangiye gukora inkingo kandi ngo rwiteguye kuzatangira rukora inkingo miliyoni 50. Nyom...






